• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarwanyi ba Al Shabaab bagabye igitero gikaze ku ngabo z’i gihugu cya Somaliya, gihitana abatari bake.

minebwenews by minebwenews
March 24, 2024
in Regional Politics
0
Abarwanyi ba Al Shabaab bagabye igitero gikaze ku ngabo z’i gihugu cya Somaliya, gihitana abatari bake.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu ba barirwa mu 17 nibo baguye mu gitero cyagabwe ku birindiro by’ingabo za Somalia.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni mu gitero cyakozwe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 23/03/2024, ki gikozwe n’abarwanyi bo mu mutwe wa Al Shabaab, ku kigo cya gisirikare, nk’uko iy’inkuru tuyikesha ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

Abashinzwe umutekano bavuga ko ibirindiro by’ingabo byagabwe ho igitero ari byahitwa Busley, mu karere ka Lower Shabelle, gaherereye mu majyepfo y’i Burengerazuba bw’igihugu.

Banavuze ko abagabye icyo gitero bigaruriye ibyo birindiro mu gihe kitamaze umwanya munini.

Umwe mu bayobozi w’i gisirikare muri Somaliya yabwiye Reuters ko “abarwanyi bitwaje imbunda bo muri Al Shabaab bagabye iki gitero ku kigo cya gisirikare bakoresheje imodoka zitezemo ibisasu.”

Uyu musirikare yangiye Reuters ko izina rye rija hanze ngo kuberako atemerewe kuvugana n’itangaza makuru.

Yagize ati: “Ibimodoka byinshi bitezemo ibisasu z’u bwiyahuzi zibasiye ikigo cya gisirikare. Ariko Al Shabaab yafashe ibyo birindiro akanya gato.”

Uyu yanavuze ko abasirikare barindwi ba Somalia ko baguye muri iyo mirwano mu gihe mu barwanyi ba Al Shabaab hapfuye abagera ku icumi. Ikindi n’uko Al Shabaab yatwitse imodoka z’igisirikare cya Somaliya izindi irazinyaga.

Nyuma uy’u mutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab waje kwigamba icyo gitero. Yavuze ko yishe abasirikare 57 ba leta. Gusa, buri gihe umutwe wa Al Shabaab iyo ugabye igitero uhora utanga umubare wabo yishe barenze abo leta itangaza.

Kugeza ubu leta yo ntacyo iratangaza usibye uriya musirikare wanze ko amazina ye aja hanze.

Umutwe wa Al Shabaab ukorana byahafi na Al Shabaab umaze imyaka hafi ugerageza guhirika ubutegetsi buriho muri Somaliya kugira ngo bashireho leta igendera ku matwara ya kiyisilamu.

         MCN.
Tags: abasirikareAl ShabaabGikazeIgiteroSomalia
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi  zibarigwa muri 50 zirimo n’Abanyekongo, zafungiwe mu bice bitandukanye byo mu Gihugu cy’u Burundi.

Impunzi zibarigwa muri 50 zirimo n'Abanyekongo, zafungiwe mu bice bitandukanye byo mu Gihugu cy'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?