Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango mpuzamahanga wita kubiribwa ku Isi, wagaragaje imbogamizi, ituma badaha ubufasha abakuwe mu byabo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 25, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango mpuzamahanga wita kubiribwa ku Isi, wagaragaje imbogamizi, ituma badaha ubufasha abakuwe mu byabo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango mpuzamahanga wita kubiribwa ku Isi (WFP), watangaje ko ibibazo by’u butabazi bikomeje kuba ingorabahizi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

N’ibikubiye mu itangazo uyu muryango washize hanze ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 24/03/2024, nk’uko ibyo tubikesha igitangaza makuru cya Bafaransa cya RFI.

Ivuga ko ibibazo by’u butabazi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahari kubera intarambara bikiri ingutu.

Uyu muryango ukaba werekana ko ibyo bibazo biterwa n’intambara zurudaca kandi ziba buri munsi hagati ya M23 n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC); bityo ugasanga n’imihanda yifashishwa mu kunyuzwamo ubutabazi usanga ifunze kubera izo ntambara.

Ikomeza ivuga ko n’ubwo ubutabazi bukiri ikibazo ariko ko abantu bo bakomeza guhunga ku bwinshi.

Izo nyandiko ziri muri icyo cyegeranyo zigaragaza ko abantu bagera kuri miliyoni imwe aribo bamaze guta izabo, muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Gisoza kivuga ko mu bahunze harimo abamaze imyaka irenga ibiri n’abandi bahunze mu ntambara zavuba ko kandi n’ubu bagikomeje guhunga.

Ibi bibaye mu gihe n’u bundi muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, hazindukiye imirwano hagati y’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23.

Ni imirwano irimo kubera mu bice biri muri teritware ya Masisi, nka Sake , mu nkengero zaho no mu bice bya Rubaya.

Amakuru yavuzwe kuva mu Gitondo n’uko ibyo bitero byagabwe mu birindiro bya M23 bigabwe n’ingabo zirimo SADC, FDLR, abacanshuro, FARDC na Wazalendo.

            MCN.
Tags: Abavuye mu byaboIngorabahiziMu ntara ya Kivu YaruguruRdcUbutabaziWFP
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’i Gihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yavuze “ikigira umwe”  perezida Evariste Ndayishimiye n’uwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ndetse na FDLR.

Umukuru w'i Gihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame yavuze "ikigira umwe" perezida Evariste Ndayishimiye n'uwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ndetse na FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?