• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC zizwiho gufasha igisirikare cya leta ya Congo, za kubiswe n’ikibatsi cy’u muriro wa M23, maze abatapfuye, bakwira imishwaro, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
March 28, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC zizwiho gufasha igisirikare cya leta ya Congo, za kubiswe n’ikibatsi cy’u muriro wa M23, maze abatapfuye, bakwira imishwaro, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za SADC zizwiho gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokorasi ya Congo ku rwanya umutwe wa M23 zakubiswe n’ikibatsi cy’u muriro wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu ntambara iri kubera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokorasi ya Congo.

Amakuru mashya yi mirwano ishyamiranije ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23, avuga ko ingabo zo muri SADC zahombeye muri iyi mirwano bikabije, ni mu gihe ibikoresho byabo birimo n’imodoka bahoraga bifashyisha mu kurwanya M23 zarashweho zirashwanyagurika.

Amakuru atakiri ibanga dukesha isoko ya MCN avuga ko “Abarwanyi bo mu mutwe wa M23 bifashishije imbunda zo mu bwoko bugezweho na za “Mashine gun,” barasa ibimodoka by’ingabo za SADC kuri uyu wa Kane, tariki ya 28/03/2024 birahatikirira.

Iy’i operasiyo MCN yabwiwe ko ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga, bayikoze bucece birangira ingabo za SADC n’abo bafatanya kurwanya M23 bakwiye imishwaro.

Hagaragajwe n’amashyusho yerekana uko izo modoka zarashweho ziratikira. Urebye ubona zarimo ziraswa imbere n’inyuma, kandi ubona ibimodoka byahangirikiye birenze kimwe.

Nta mubare uratangazwa w’abasirikare baguye muriyo Operasiyo, gusa MCN ifite amakuru ko ziriya Modoka zarimo abasirikare ba SADC.

Nyuma yiyo operasiyo umutwe wa M23 wahise wongera kwi garurira ibindi bice birimo na centre ya Cyitso, iherereye mu ntera y’ibirometero bike na Sake, ikaba nayo ibarizwa muri teritware ya Masisi.

Ni mu gihe kugeza n’ubu ingabo z’uwo mutwe wa M23 zikigenzura n’ubundi ibice biri strategic, muri Grupema ya Kamuronza, ahanini mu duce dukikije centre ya Sake, muri teritware ya Masisi.

Urundi rugamba rwa bereye mu birometre bike n’u Mujyi wa Goma, aho ni muri Kibumba, ho muri teritware ya Nyiragongo, aho naho bivugwa ko abo ku ruhande rwa leta barashweho, barababazwa cyane!

Ibyo byabaye mu gihe ubuyobozi bwa AFC bwa koze ikiganiro kidasanzwe, cyari kiyobowe n’umuyobozi mukuru bwana Corneille Nangaa.

Iki kiganiro cyabereye i Kiwanja muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Muri iki kiganiro Corneille Nangaa yongeye guhamagarira Abanyekongo bose kwiyunga na AFC, agaragaza kandi ko AFC ifite umurongo mwiza wo kurema Congo ikaba bundi bunshya.

Nangaa kandi ntiyahwemye kuvuga ko ihuriro rya AFC rifite intego, iyo yise ko ari nziza, yo “kwirukana” Perezida Félix Antoine Tshilombo, ku butegetsi.

                    MCN.
Tags: CyitsoIkwira imishwaroM23MasisiSADCYakubitswe n'ikibatsi cy'u muriro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Corneille Nangaa, uyoboye AFC/M23 yavuze akari kumutima, ahishura ibice bagiye kwambura Ingabo za Tshisekedi, birimo na Kivu y’Epfo.

Corneille Nangaa, uyoboye AFC/M23 yavuze akari kumutima, ahishura ibice bagiye kwambura Ingabo za Tshisekedi, birimo na Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?