• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Corneille Nangaa, uyoboye AFC/M23 yavuze akari kumutima, ahishura ibice bagiye kwambura Ingabo za Tshisekedi, birimo na Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
March 29, 2024
in Regional Politics
0
Corneille Nangaa, uyoboye AFC/M23 yavuze akari kumutima, ahishura ibice bagiye kwambura Ingabo za Tshisekedi, birimo na Kivu y’Epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’imitwe ya politike harimo na M23 biteguye kuvanaho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, mu minsi ya vuba.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

N’ibyatangajwe kuri uyu wa Kane, tariki ya 28/03/2024, bitangajwe n’umuhuza bikorwa w’i huriro ry’imitwe ya politike n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo (AFC).

Umuyobozi wayo ariwe Corneille Nangaa wigezeho kuyobora komisiyo ishinzwe gutegura amatora y’umukuru w’igihugu muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko we nabagenze be biteguye kuvanaho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu minsi iri mbere mike.

Avuga kandi ko ihuriro ryabo ribabajwe n’umutekano muke ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Ituri na Kivu y’Amajyepfo, aho yagaragaje ko ingaruka z’u mutekano muke zituma abaturage banyagwa ibyabo.

Yagize ati: “Aho gukemura ibibazo, leta ya perezida Félix Tshisekedi yahisemo gucyagaguramo ibice Abanyekongo ashingiye ku moko, aha intebe ivanguramoko, inzara, ubujura no gusahura imitungo y’abaturage, kwica Abanyapolitike no gukoresha ubutabera nabi. Yahisemo guhisha amakosa, maze akabirundurira byo se kuri Kagame.”

Yakomeje agira ati: “Mu minsi iri imbere tuzafata Goma, Kivu zombi, Grand-Oriental, Equateur, Katanga, Kasaï, Bandundu, Congo-Central n’umurwa mukuru. I Kinshasa tuzahagera kugira dushyireho ubutegetsi bw’i Gihugu ku bera ko turi mu karengane.”

Ibi biganiro byabereye i Kiwanja, muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Byari ibiganiro by’itabiriwe n’abandi bayobozi bohejuru bagize iri huriro rya AFC, barimo Bertrand Bisimwa, n’abandi.

AFC yashinzwe ahagana mu mwaka w’2023. Kuyishinga byabereye i Nairobi mu gihugu cya Kenya.

Ibi biganiro AFC ya bikoresheje mu gihe kuri uyu wa Gatatu, w’iki Cyumweru turimo, i New York, muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hari habereye i biganiro byabagize aka Nama gashinzwe umutekano ku Isi mu muryango w’Abibumbye.

Muri ibyo biganiro by’i New York abarimo Bintou Keita, intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Abibumbye muri RDC, bavuze ko M23 irimo kwiyubaka cyane, ndetse ko kandi ikomeje gufata ibindi bice mu buryo butigeze bubaho kuva kera.

                 MCN.
Tags: AFC/m23Harimo Kivu zombiYavuze akari kumutimaYerekanye ibice binini igiye gufata
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Hashizweho ubundi buryo bushya bwo kurinda umutekano w’u murwa mukuru, Kinshasa, ninyuma y’uko umutekano waho ukomeje kuzamba.

Hashizweho ubundi buryo bushya bwo kurinda umutekano w'u murwa mukuru, Kinshasa, ninyuma y'uko umutekano waho ukomeje kuzamba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?