Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubwicanyi bwo ngeye gufata indi ntera mu Ntara ya Ituri, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 31, 2024
in Regional Politics
0
Ubwicanyi bwo ngeye gufata indi ntera mu Ntara ya Ituri, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe w’iterabwoba wa ADF wongeye kwica abantu, abandi barakomereka,ndetse ugira nabo ufata bugwate mu Ntara ya Ituri, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

N’ibyatangajwe na Sosiyete sivile yo mu gace ka Ndimo, aho ivuga ko ADF yaraye igabye igitero mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 31/03/2024 cyica abantu benshi abandi bajanwa mu ishamba.

Mu butumwa Sosiyete sivile yashize hanze buvuga ko “igitero cy’umutwe w’iterabwoba wa ADF cya gabwe ahitwa Ndimo, ha herereye ku muhanda wa 4, muri Cheferie ya Walese Vokutu, muri teritware ya Irumu, mu Ntara ya Ituri.”

Buvuga kandi ko “ku wa Kane no ku wa Gatanu, wiki Cyumweru uyu mutwe wa ADF haribindi bitero wagabye muri ibyo bice bigira abo bihitana n’ibyo wangirije.

Ubutumwa bwa Sosiyete sivile bukomeza buvuga ko ibyo bitero bya ADF bimaze guhitana abantu 16 kandi ko mubapfuye harimo n’umusirikare wa FARDC.

Nyuma y’uko ibyo bitero byari bimaze guhitana abantu 16 uwo mutwe wahise ushimuta abantu bagera ku 15 nk’uko Sosiyete sivile yo muri ibyo bice ibyemeza.

Ivuga ko mu bashimuswe harimo abagore n’abagabo ndetse n’abana.

Sosiyete sivile yasoje isaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kugira icyo bukora kugira umutekano ugaruke muri ibyo bice.

Sosiyete sivile yanavuze ko kuri ubu ADF iri gukomeza kwiyongera kuruta ibindi bihe byabayeho.

Umutekano ukomeje kurushaho kuba bubi mu Ntara ya Ituri, mu gihe muri iyo Ntara imyaka igiye kuba itatu hashizweho ubutegetsi bwa gisirikare. Bukaba bwarashizweho mu rwego rwo kugira ngo amahoro agaruke, ariko ubwicanyi burushaho kwiyongera, ndetse rimwe igisirikare kigashinjwa kuba inyuma y’ubwo bwicanyi.

        MCN.
Tags: ADFBwongeye gufata indi nteraIturiNdimoubwicanyi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Joseph Kabila Kabange, yagize icyatangaza kuri uyu munsi ishyaka rye, rya PPRD, ry’ujuje imyaka 22 ribayeho.

Joseph Kabila Kabange, yagize icyatangaza kuri uyu munsi ishyaka rye, rya PPRD, ry'ujuje imyaka 22 ribayeho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?