• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 12, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Joseph Kabila Kabange, yagize icyatangaza kuri uyu munsi ishyaka rye, rya PPRD, ry’ujuje imyaka 22 ribayeho.

minebwenews by minebwenews
March 31, 2024
in Regional Politics
1
Joseph Kabila Kabange, yagize icyatangaza kuri uyu munsi ishyaka rye, rya PPRD, ry’ujuje imyaka 22 ribayeho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yifurije isabukuru nziza abayobozi b’ishyaka rya PPRD n’abarwanashyaka baryo.

You might also like

Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he?

Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura

Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa

Ni mu butumwa Joseph Kabila yatanze akoresheje imbuga nkoranya mbaga, ni mugihe uyu munsi ishyaka rya PPRD ry’ujuje imyaka 22 ribayeho.

Mu butumwa bwa Joseph Kabila Kabange yatanze akoresheje imbuga nkoranya mbaga bugira buti: “Imyaka 22 irashize PPRD ibayeho. Mboneyeho n’umwanya wo kwifuriza abayobozi bagize iri shyaka isabukuru nziza, ndetse n’abarwanashyaka baryo.”

Ishyaka rya PPRD ryashizwe kuya 31/03/2002. Bikaba byaravuye mu gitekerezo cya Joseph Kabila Kabange wari umaze kugera ku butegetsi nyuma y’urupfu rwa Laurent Désire Kabila wari wishwe tariki ya 16/01/2001.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga Joseph Kabila Kabange yagize igitekerezo cyo gushinga iri shyaka mu gihe Abanyekongo bari mu gihe cy’ibiganiro byi Sun City, mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

Ibyo biganiro bikaba byarimo by’u baka Congo n’ihagati y’imitwe yarwanyaga ubutegetsi harimo n’umutwe wa RCD Goma.

Joseph Kabila Kabange yifurije isabukuru nziza abayobozi b’ishyaka rya PPRD, mu gihe ubutegetsi bwa Kinshasa bwa mushinjaga guhunga igihugu, bavuga ko yahunze igihugu ngo kuko ari inyuma y’intambara iri mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibyo abayobozi ba PPRD bamaganiye kure hubwo bavuga ko Kabila ari mu bikorwa bijanye n’amashuri ari gukurikirana mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

           MCN
Tags: Abarwana ShyakaIsabukuru nzizaJoseph Kabila KabangePPRD
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he?

by Bahanda Bruce
August 12, 2026
0
Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he?

Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he? Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, aravugwa ko ategerejwe...

Read moreDetails

Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura

Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) I Bujumbura mu Burundi hatangiye inama mpuzamahanga yibanda ku ruhare rw’urubyiruko mu kubaka amahoro,...

Read moreDetails

Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa

Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa Ikibazo cy’ibura ry’amazi meza gikomeje guteza impungenge mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Bujumbura no mu nkengero zawo, aho...

Read moreDetails

Bujumbura: Inama Mpuzamahanga y’Amahoro Ihuriyemo Urubyiruko rwa RDC, Mu Gihe Ikibazo cy’Abanyamulenge Kiri Mu Maso y’Akarere

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Bujumbura: Inama Mpuzamahanga y’Amahoro Ihuriyemo Urubyiruko rwa RDC, Mu Gihe Ikibazo cy’Abanyamulenge Kiri Mu Maso y’Akarere

Bujumbura: Inama Mpuzamahanga y’Amahoro Ihuriyemo Urubyiruko rwa RDC, Mu Gihe Ikibazo cy’Abanyamulenge Kiri Mu Maso y’Akarere MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe Afurika ikomeje gushakisha ibisubizo birambye ku...

Read moreDetails

AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe”

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe”

AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe” Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko abantu 15 barekuwe na Leta ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails
Next Post
Bamwe mu bayoboke bari mu bafata ibyemezo muri UDPS ya Félix Tshisekedi, batangiye kuyoboka Alliance Fleuve Congo, ya Corneille Nangaa.

Bamwe mu bayoboke bari mu bafata ibyemezo muri UDPS ya Félix Tshisekedi, batangiye kuyoboka Alliance Fleuve Congo, ya Corneille Nangaa.

Comments 1

  1. Rumenge Bosco says:
    2 years ago

    Nkunda amakuru mutugezaho yizewe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?