• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urusaku rw’imbunda, rwo gusubiranamo kwa Biroze Bishambuke, ru ravuza ubuhuha mu bice byo muri Secteur ya Lulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
April 4, 2024
in Regional Politics
0
Urusaku rw’imbunda, rwo gusubiranamo kwa Biroze Bishambuke, ru ravuza ubuhuha mu bice byo muri Secteur ya Lulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 04/04/2024, urusaku rw’imbunda ru ravuza ubuhuha hagati ya barwanyi ba Biroze Bishambuke(Maï Maï), basubiranyemo, bapfa ubuyobozi.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni imirwano ikaze yabereye mu bice bya Gitumba, ho muri secteur ya Lulenge, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Iy’i nkuru ivuga ko urwo rusaku rw’imbunda ziremereye, rwatangiye ku mvikana igihe c’isaha ya sakenda z’urukerera rwo kuri uyu wa Kane, ndetse rukaba rwagejeje igihe c’isaha ya sa tatu z’igitondo.

Inkuru ikomeza ivuga ko iyi mirwano ihanganishije umuyobozi mukuru wa barwanyi ba Biroze Bishambuke, uzwi kw’i zina rya Ngomanzito n’abo ku ruhande rw’umwungirije wari ufite ibirindiro bye ahitwa mu Kabanju mu ntera y’ibirometre nka 5 na village ya Gitumba ahabereye urugamba.

Bya vuzwe ko aba bayobozi bombi bari gupfa ubuyobozi, n’inyuma y’uko havutse impaka hagati y’imiryango aba bayobozi bombi bavukamo, aho hari abavuga ko Ngomanzito adashoboye kuyobora, bityo bituma havuka ugusubiranamo hagati yabo.

Hagati aho iyi mirwano yu buye mu gihe hari amakuru amwe avuga ko umutwe wa Biroze Bishambuke woba wa rarangiye. Abavuga ay’amakuru ba shingira ku kuba Biroze Bishambuke yari vanze n’abarwanyi ba Red Tabara, umutwe urwanya ubutegetsi bw’u Burundi.

               MCN.
Tags: FiziRu ravuza ubuhuhaRwo gusubiranamo kwa Biroze BishambukeUrusaku rw'imbunda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Kubaka ibiro  bya district ya polisi mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo byamaze gutangira.

Kubaka ibiro bya district ya polisi mu misozi miremire y'Imulenge, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo byamaze gutangira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?