• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango wa SADC ufite ingabo zayo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziramagana ibivugwa ku ngabo zayo.

minebwenews by minebwenews
April 5, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango wa SADC ufite ingabo zayo  mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziramagana ibivugwa ku ngabo zayo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango wa SADC wa maganye ibikomeje kuvugwa ku ngabo zayo ziri mu butumwa bwa SAMIDRC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ibikubiye mu butumwa bwatanzwe n’uyu muryango w’ibihugu byo muri SADC, aho ubwo butumwa butera utwatsi amakuru bo bavuga ko ari ibinyoma ngo kandi agamije kuyobya abantu.

Ubwo butumwa buvuga kandi ko ayo makuru anyuzwa kuri interineti, akavuga ku bikorwa by’ingabo zayo ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uyu muryango ukavuga ko wamaganye byimazeyo amakuru atari yo ndetse n’ibisobanuro ku bikorwa by’ingabo zayo ziri mu gice cy’iburasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kandi irashaka kumvikanisha neza ko ingabo za Afrika y’Epfo (SANDF) zoherejwe muri RDC ziri mu nshingano z’u butumwa bwa SADC muri icyo gihugu cya RDC.

Ubu butumwa bukomeza buvuga ko kohereza SAMIRDC byemejwe n’inama idasanzwe ya SADC y’abakuru b’ibihugu na Guverinoma yabereye i Windhoek, mu gihugu cya Namibiya, yabaye ku wa 08/052023 , bukavuga ko ibyo biri munshingano zo gushakira amahoro n’umutekano Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubutumwa bwa SAMIDRC burimo ingabo zavuye mu gihugu cya Malawi, Tanzania na Afrika y’Epfo.

SADC yatanze ubu butumwa mu gihe hari ha heruka gutangwa amakuru ko ingabo za Afrika y’Epfo ziri mu butumwa bwa SAMIDRC muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko hari izafashwe mpiri na M23 zifatiwe kurugamba, na none hakaba harandi avuga ko izo ngabo zisangira ubwiherero bumwe ari abasirikare bagera kuri 600.

SADC yasoje ubutumwa bwayo ivuga ko igiye kuzitangaza amakuru yerekanye n’ibikorwa byayo byo gufasha igisirikare cya Congo binyuze ku mbuga zayo zabigenewe.

Ingabo za SADC zageze mu Burasirazuba bwa RDC ahagana mu mpera z’u mwaka ushize w’2023, mu rwego rwo gufasha Guverinoma ya Kinshasa kurwanya umutwe wa M23.

         MCN.
Tags: Ibivugwa ku ngabo zayoIramaganaMu Burasirazuba bwa RDCSADC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yagize icyo avuga kuri Genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ndetse niri gukorwa mu Burasirazuba bwa RDC.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yagize icyo avuga kuri Genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ndetse niri gukorwa mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?