Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Pasitoli (pastor), Saint Cadet Misigaro, yatanze ubusobanuro ku ijambo rivuga “Urufatiro.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 7, 2024
in Religion
0
Pasitoli (pastor), Saint Cadet Misigaro, yatanze ubusobanuro ku ijambo rivuga “Urufatiro.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Pasitoli(pastor ) Saint Cadet Misigaro, yabwirije ku ijambo rivuga “Urufatiro.” Urufatiro n’iki?

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni mu materaniro y’igitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 07/04/2024, aho yateraniye mu itorero rya Philadelphia Evangelical Church, Paroisse Nakivale.

Nk’uko biri yasomye mu rwandiko rw’Abakorinto ba mbere 3:10 no mu gitabo cy’Ibyakozwe n’Intumwa 2:46.

Avuga ko asobanura ijambo ‘Urufatiro’ yabanje kuvuga ko urufatiro ari umusingi w’ibintu byose ko kandi umusingi ariwo ufata ugakomeza bya bintu.

Yavuze kandi ko urufatiro rw’Abakirisitu arirwo rutuma bera imbuto nziza.

Pasitoli(pastor ) Saint Cadet Misigaro, yakomeje avuga ko Abakirisitu urufatiro rwabo rugomba kubakira ku bintu bitatu aribyo:

  1. Yesu Kristo
  2. Ijambo ry’Imana
  3. Ibyashizweho n’urusengero.

Yatanze urugero aho yavuze ko hari Abakirisitu urufatiro rwabo rw’ubakira kubantu runaka! cyangwa ku bindi bidafite ishingiro.

Yagize ati: “Insengero ninshi mbere y’uko zifungura babanza kwiga aho syntetiseur izava. Ugasanga iby’uma bifasha amajwi y’abaririmbyi kuririmba aribyo bagize urufatiro rwabo. Ariko umusingi nyakuri ni Yesu Kristo.”

Yakomeje agira ati: “Abandi usanga umusingi wabo w’u bakiye kuri cyenewabo, ariko byari bikwiye ko umukirisitu yubakira urufatiro rwe, kuri Yesu Kristo.”

Tugomba kubakira ku Ijambo ry’Imana.

Abakirisitu urufatiro rwabo rugomba gushingira ku ijambo ry’Imana.

Hano yatanze urugero avuga ko intumwa zavugaga ijambo ry’Imana kugira ngo barusheho gukomera mu kwizera.

Avuga ko ibi byatumaga bakomeza kuba hamwe no kuba umwe, kuko basangiraga ibyabo bagakomeza kubwiriza no gusenga Imana.

Saint Cadet Misigaro yavuze ko buri mu Kirisitu agomba kuba agira umurongo wa Bibiliya yahinduye uwe.

Maze avuga ko Billy Graham yari yarafashe umurongo wa Bibiliya uvuga uti: “Yesu arankunda,” asobanura ko uwo murongo wari uwiwe.

Urufatiro rw’Intumwa

  1. Barateranaga bakamenyana
  2. Basangiraga ibyabo
  3. Bagahimbaza Imana.
    Yavuze ko iyo intumwa zateranaga zabaraga imigisha y’Imana n’ibitangaza Imana iba yarabakoreye, bigatuma Imana irushaho kubakorera ibindi bitangaza byinshi.

Abiki gihe baterana mu kunegurana, ariko twubakire urufatiro rwacu ku ijambo ry’Imana.

           MCN.
Tags: IjamboPasitoli pastorPhiladelphia Evangelical Church Paroisse NakivaleSaint Cadet MisigaroUrufatiroYabwirije
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Paul Kagame, mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yatanze ubuhamya bubabaje bwa mubyara we.

Perezida Paul Kagame, mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yatanze ubuhamya bubabaje bwa mubyara we.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?