• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Pasitoli (pastor), Saint Cadet Misigaro, yatanze ubusobanuro ku ijambo rivuga “Urufatiro.”

minebwenews by minebwenews
April 7, 2024
in Religion
0
Pasitoli (pastor), Saint Cadet Misigaro, yatanze ubusobanuro ku ijambo rivuga “Urufatiro.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Pasitoli(pastor ) Saint Cadet Misigaro, yabwirije ku ijambo rivuga “Urufatiro.” Urufatiro n’iki?

You might also like

Lazar Sebitereko yibukije ko “abarimo Umukozi w’Imana Ndaruhutse” bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Ni mu materaniro y’igitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 07/04/2024, aho yateraniye mu itorero rya Philadelphia Evangelical Church, Paroisse Nakivale.

Nk’uko biri yasomye mu rwandiko rw’Abakorinto ba mbere 3:10 no mu gitabo cy’Ibyakozwe n’Intumwa 2:46.

Avuga ko asobanura ijambo ‘Urufatiro’ yabanje kuvuga ko urufatiro ari umusingi w’ibintu byose ko kandi umusingi ariwo ufata ugakomeza bya bintu.

Yavuze kandi ko urufatiro rw’Abakirisitu arirwo rutuma bera imbuto nziza.

Pasitoli(pastor ) Saint Cadet Misigaro, yakomeje avuga ko Abakirisitu urufatiro rwabo rugomba kubakira ku bintu bitatu aribyo:

  1. Yesu Kristo
  2. Ijambo ry’Imana
  3. Ibyashizweho n’urusengero.

Yatanze urugero aho yavuze ko hari Abakirisitu urufatiro rwabo rw’ubakira kubantu runaka! cyangwa ku bindi bidafite ishingiro.

Yagize ati: “Insengero ninshi mbere y’uko zifungura babanza kwiga aho syntetiseur izava. Ugasanga iby’uma bifasha amajwi y’abaririmbyi kuririmba aribyo bagize urufatiro rwabo. Ariko umusingi nyakuri ni Yesu Kristo.”

Yakomeje agira ati: “Abandi usanga umusingi wabo w’u bakiye kuri cyenewabo, ariko byari bikwiye ko umukirisitu yubakira urufatiro rwe, kuri Yesu Kristo.”

Tugomba kubakira ku Ijambo ry’Imana.

Abakirisitu urufatiro rwabo rugomba gushingira ku ijambo ry’Imana.

Hano yatanze urugero avuga ko intumwa zavugaga ijambo ry’Imana kugira ngo barusheho gukomera mu kwizera.

Avuga ko ibi byatumaga bakomeza kuba hamwe no kuba umwe, kuko basangiraga ibyabo bagakomeza kubwiriza no gusenga Imana.

Saint Cadet Misigaro yavuze ko buri mu Kirisitu agomba kuba agira umurongo wa Bibiliya yahinduye uwe.

Maze avuga ko Billy Graham yari yarafashe umurongo wa Bibiliya uvuga uti: “Yesu arankunda,” asobanura ko uwo murongo wari uwiwe.

Urufatiro rw’Intumwa

  1. Barateranaga bakamenyana
  2. Basangiraga ibyabo
  3. Bagahimbaza Imana.
    Yavuze ko iyo intumwa zateranaga zabaraga imigisha y’Imana n’ibitangaza Imana iba yarabakoreye, bigatuma Imana irushaho kubakorera ibindi bitangaza byinshi.

Abiki gihe baterana mu kunegurana, ariko twubakire urufatiro rwacu ku ijambo ry’Imana.

           MCN.
Tags: IjamboPasitoli pastorPhiladelphia Evangelical Church Paroisse NakivaleSaint Cadet MisigaroUrufatiroYabwirije
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Lazar Sebitereko yibukije ko “abarimo Umukozi w’Imana Ndaruhutse” bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Lazar Sebitereko yibukije ko “abarimo Umukozi w’Imana Ndaruhutse” bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe

Lazar Sebitereko yibukije ko "abarimo Umukozi w'Imana Ndaruhutse" bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe Imyaka 28 irashize abantu basaga 20 bahitanwe n'impanuka y'indege yabereye hafi n'i kibuga cy'indege...

Read moreDetails

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

by minebwenews
August 31, 2025
0
Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri. Umushumba w'itorero rya All National Assemblies Of God, rifite icyicaro muri Isingiro district mu majy'Epfo ya Uganda, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ku...

Read moreDetails

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo. Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo...

Read moreDetails

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by minebwenews
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

by minebwenews
August 19, 2025
0
Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya. Itsinda rya gospel rigizwe na Ben na Chance, bashyize hanze Album nshya bise "Zaburi yanjye,"...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Paul Kagame, mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yatanze ubuhamya bubabaje bwa mubyara we.

Perezida Paul Kagame, mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yatanze ubuhamya bubabaje bwa mubyara we.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?