• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame, mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yatanze ubuhamya bubabaje bwa mubyara we.

minebwenews by minebwenews
April 7, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame, mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yatanze ubuhamya bubabaje bwa mubyara we.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, yagarutse ku buhamya bwa mubyara we wakoreraga UNDP, wiciwe i Kigali igihe cya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda ahagana mu mwaka w ‘1994. Uyu muhango ukaba wabereye muri Bk Arena kuri uyu wo ku Cyumweru tariki ya 07/04/2024.

Nk’uko bikomeje gutangazwa n’ibitangaza makuru byo mu Rwanda bivuga ko uyu muhango witabiriwe n’abanyacyubahiro benshi barimo n’abakuru b’ibihugu n’abaje bahagariye za Guverinoma.

Muri uyu muhango perezida w’u Rwanda Paul Kagame yavuzemo ubuhamya bubabaje bwa mubyara we wishwe igihe cya genocide yakorewe Abatutsi.

Yagize ati: “Kubera bariyeri zari hirya no hino muri Kigali, Florence ntabwo yabonye uko ahunga ngo ave mu rugo. Genocide imaze gutangira twavuganye inshuro z’itandukanye kuri telephone ndi ku Mulindi, ambwira uko byifashe muri Kigali.”

“Kubera ko ingabo za RPF Inkotanyi zitashobora kugera i Kigali ngo zimutabare, ubwo Gen Romeo Dallaire wayoboraga ingabo za Loni yadusuraga ku mulindi, na mubajije niba atashobora gutabara Florence n’abo bari kumwe.”

Yakomeje agira ati: “Romeo Dallaire yambwiye ko azagerageza, icyakora ngo ntibyamukundiye kuko ingabo yohereje zatangiriwe n’Interahamwe.”

“Ubwa nyuma muvugisha, naramubajije niba hari uwaba yaje ku mureba, aravuga ngo oya, atangira kurira. Yarambwiye ati ‘Paul hagarika ibyo kudutabara, ntabwo tugishaka kubaho ukundi.’ nahise numva icyo ashatse kuvuga, yahise akupa telephone.”

Yavuze ko Florence n’abo bari kumwe bishwe mu gitondo cya tariki 16/05/1994.

Kagame Paul w’u Rwanda yanavuze ko Florence yagambaniwe n’umwe mu bo bakoranaga muri UNDP.

Maze perezida w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko icya mubabaje ari uko uwagambaniye Florence n’abo bari kumwe yakomeje gukorera Loni na nyuma ya genocide, kandi ibimenyetso by’uruhare rwe muri genocide byaramenyekanye.

           MCN.
Tags: Bwa Mubyara weFlorenceMu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30Perezida Paul Kagame w'u RwandaYatanze ubuhamya bubabaje
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Umushumba mukuru w’Itorero Zion Temple, Apostle Paul Gitwaza yageneye Abanyarwanda ubutumwa burimo ihumure, muri ibi bihe barimo kwibuka.

Umushumba mukuru w'Itorero Zion Temple, Apostle Paul Gitwaza yageneye Abanyarwanda ubutumwa burimo ihumure, muri ibi bihe barimo kwibuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?