• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 2, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame, mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yatanze ubuhamya bubabaje bwa mubyara we.

minebwenews by minebwenews
April 7, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame, mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yatanze ubuhamya bubabaje bwa mubyara we.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, yagarutse ku buhamya bwa mubyara we wakoreraga UNDP, wiciwe i Kigali igihe cya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

You might also like

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw’Ingabo z’u Burundi Rukomeje Guteza Impaka

Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

Ni mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda ahagana mu mwaka w ‘1994. Uyu muhango ukaba wabereye muri Bk Arena kuri uyu wo ku Cyumweru tariki ya 07/04/2024.

Nk’uko bikomeje gutangazwa n’ibitangaza makuru byo mu Rwanda bivuga ko uyu muhango witabiriwe n’abanyacyubahiro benshi barimo n’abakuru b’ibihugu n’abaje bahagariye za Guverinoma.

Muri uyu muhango perezida w’u Rwanda Paul Kagame yavuzemo ubuhamya bubabaje bwa mubyara we wishwe igihe cya genocide yakorewe Abatutsi.

Yagize ati: “Kubera bariyeri zari hirya no hino muri Kigali, Florence ntabwo yabonye uko ahunga ngo ave mu rugo. Genocide imaze gutangira twavuganye inshuro z’itandukanye kuri telephone ndi ku Mulindi, ambwira uko byifashe muri Kigali.”

“Kubera ko ingabo za RPF Inkotanyi zitashobora kugera i Kigali ngo zimutabare, ubwo Gen Romeo Dallaire wayoboraga ingabo za Loni yadusuraga ku mulindi, na mubajije niba atashobora gutabara Florence n’abo bari kumwe.”

Yakomeje agira ati: “Romeo Dallaire yambwiye ko azagerageza, icyakora ngo ntibyamukundiye kuko ingabo yohereje zatangiriwe n’Interahamwe.”

“Ubwa nyuma muvugisha, naramubajije niba hari uwaba yaje ku mureba, aravuga ngo oya, atangira kurira. Yarambwiye ati ‘Paul hagarika ibyo kudutabara, ntabwo tugishaka kubaho ukundi.’ nahise numva icyo ashatse kuvuga, yahise akupa telephone.”

Yavuze ko Florence n’abo bari kumwe bishwe mu gitondo cya tariki 16/05/1994.

Kagame Paul w’u Rwanda yanavuze ko Florence yagambaniwe n’umwe mu bo bakoranaga muri UNDP.

Maze perezida w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko icya mubabaje ari uko uwagambaniye Florence n’abo bari kumwe yakomeje gukorera Loni na nyuma ya genocide, kandi ibimenyetso by’uruhare rwe muri genocide byaramenyekanye.

           MCN.
Tags: Bwa Mubyara weFlorenceMu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30Perezida Paul Kagame w'u RwandaYatanze ubuhamya bubabaje
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial MINEMBWE CAPITAL NEWS The ongoing...

Read moreDetails

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw’Ingabo z’u Burundi Rukomeje Guteza Impaka

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Umusesenguzi Christian Moleka Yagaragaje Impungenge ko RDC Ishobora Guhura n’Ibyago byo Gucikamo Ibice

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw'Ingabo z'u Burundi Rukomeje Guteza Impaka MINEMBWE CAPITAL NEWS Imirwano ikomeje kubera...

Read moreDetails

Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

Ibisubizo Bitangaje Perezida w'u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n'Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi MINEMBWE CAPITAL NEWS Perezida w'u Burundi, Évariste Ndayishimiye,...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry'Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw'u Burundi mu 2015 MINEMBWE CAPITAL NEWS Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane Mpuzamahanga w'u...

Read moreDetails

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée MINEMBWE CAPITAL NEWS Alors que la République démocratique du...

Read moreDetails
Next Post
Umushumba mukuru w’Itorero Zion Temple, Apostle Paul Gitwaza yageneye Abanyarwanda ubutumwa burimo ihumure, muri ibi bihe barimo kwibuka.

Umushumba mukuru w'Itorero Zion Temple, Apostle Paul Gitwaza yageneye Abanyarwanda ubutumwa burimo ihumure, muri ibi bihe barimo kwibuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?