• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za MONUSCO, ziravugwaho gusiga ibirindiro binyuranyije n’amabwiriza mu duce two muri teritware ya Masisi.

minebwenews by minebwenews
April 9, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za MONUSCO, ziravugwaho gusiga ibirindiro binyuranyije n’amabwiriza mu duce two muri teritware ya Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za MONUSCO zirashinjwa guta ibirindiro, muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni abasirikare bo mu muryango w’Abibumbye (MONUSCO), bakaba bakomoka mu gihugu cy’u Buhinde, bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro n’umutekano mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bataye ibirindiro byabo biherereye mu gace kari hafi na Sake.

Ahagana ku wa Kane tariki ya 04/04/2024 n’ibwo ingabo za MONUSCO, zoherejwe mu bice biri hafi na centre ya Sake mu rwego rwo gukumira abarwanyi ba M23 badafata Goma, nyuma bariya basirikare ba Monusco bataye ibirindiro byabo, binyuranyije n’amabwiriza y’u buyobozi bwabo, nk’uko bya tangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bafaransa, AFP.

Ibi biro bya tangaje ko habonetse ibirindiro bitatu byatawe n’Ingabo za Monusco biza kwigarurirwa n’umutwe wa M23.

Ubwo butumwa buvuga kandi ko mu gitondo cyo ku Cyumweru, imitwe y’itwaje imbunda ifasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarashe ku ngabo za Loni zari mu nkengero za Sake.

Ninyuma y’uko ku wa Gatandatu, habaye iturika rya grenade mu nkambi y’abavanwe mu byabo, hafi na Goma, risiga hapfuye abantu batanu abandi benshi barakomereka harimo n’abasirikare ba leta ya Kinshasa.

Ni mu gihe kandi no ku Cyumweru ibisasu biremereye byarashwe n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, bigasiga bihitanye abasivile muri Localité ya Mushaki, muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ku rundi ruhande amakuru avuga ko ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zishaka gufunga umuhanda wa Sake -Goma, hakaba harabandi barwanyi ba M23 bagaragaye mu majyaruguru ya Sake mu birometre 20 mu burengerazuba bwa Goma, abandi baza kugaragara muri parike ya Virunga kandi ngo barashaka gufunga umuhanda wa Sake Goma, nk’uko sosiyete sivile ibivuga.

        MCN.
Tags: Hafi na sakeMonuscoZataye ibindiro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Menya indwara ya Stroke uko ifata n’uko wayirinda.

Menya indwara ya Stroke uko ifata n'uko wayirinda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?