• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Aka kanya perezida Cyril Ramaphosa ari i Kampala, menya icyitezwe muri uru ruzinduko rudasanzwe rwe.

minebwenews by minebwenews
April 16, 2024
in Regional Politics
0
Aka kanya perezida Cyril Ramaphosa ari i Kampala, menya icyitezwe muri uru ruzinduko rudasanzwe rwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yageze i Kampala ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Uganda, aho aje mu ruzinduko rwa kazi.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni ahagana isaha ya saa munani n’iminota makumyabiri nine, z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16/04/2024, n’ibwo bwana Cyril Ramaphosa yageze ku ki buga cy’i ndege cya Intebbe ho muri Uganda.

Bwana Cyril Ramaphosa yakiririwe na perezida Museveni ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Entebbe, nk’uko byemejwe nibiro by’u mukuru w’igihugu cya Uganda.

Nyuma yaho aba bakuru bi bihugu byombi bagiye muri State House iri Entebe.

Uruzinduko rwa Cyril Ramaphosa rwatangiye ku vugwa mu mpera z’iki Cyumweru dusoje, aho ndetse byari biteganijwe ko uyu mukuru w’igihugu azagera i Kampala ku munsi w’ejo hashize.

Ariko kuri uyu wa Mbere perezida wa Uganda akaba yarakiriye bwana Jakaya Kikwete wahoze ari perezida wa Tanzania. Aba banyacyubahiro bombi baje no kuganira ku bibazo bimwe nabimwe bireba Afrika y’iburasizuba (EAC), harimo ko bavuze ku kubaka isoko izahuza ibihugu byo mu Burasirazuba bw’Afrika, imaze igihe kirekire iri mu mupango wibi bihugu.

Perezida Cyril Ramaphosa wageze i Kampala araganira na mugenzi we wa Uganda ku bibazo by’u garije akarere ndetse no ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko byatangajwe n’ibiro bya perezida Cyril Ramaphosa.

Ibi biro byagize biti: “Nyakubahwa perezida Cyril Ramaphosa yakiririwe na perezida Kaguta Museveni muri States House, muri Uganda, aho ari muruzinduko rw’a kazi. Abakuru b’ibihugu byombi baraganira ku mutekano wa karere, harimo n’ibibera mu Burasirazuba bwa RDC, ndetse no muri Sadan y’Epfo.”

Byakomeje bitangaza ko aba bakuru bi bihugu byombi bari buze no kurebera hamwe barushaho kunoza umubano w’ibihugu byabo (Afrika y’Epfo na Uganda).

Mu Cyumweru gishize Cyril Ramaphosa yari i Kigali aho yari yitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Mbere y’uko ahaguruka ava i Kigali yabanjye guha itangaza makuru ikiganiro avuga ko uruzinduko rwe i Kigali rwahinduye imiterekerereze ye ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Muri icyo gihe yavuze ko intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC itagomba gukemurwa munzira y’intambara ko hubwo igomba gukemurwa munzira ya politiki.

Igihugu cya Afrika y’Epfo ni kimwe mu bihugu bitatu (Malawi, Tanzania na Afrika y’Epfo) byo muri SADC bifite abasirikare mu Burasirazuba bwa RDC aho bari gufasha leta ya Kinshasa kurwanya umutwe wa M23.

      Abasesenguzi benshi babona uru ruzinduko  ko rushobora ku byara igisubizo cyiza ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC. Abavuga ibi bashingira ku magambo ya Ramaphosa yavugiye i Kigali.
           

           MCN.
Tags: Ari i KampalaCyril RamaphosaIbiganiro na Perezida MuseveniUburasirazuba bwa RDCUmutekano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Abarundi bemeza ko mu Burundi habaye genocide yakorewe Abahutu, bahawe umuco ku cyo bari bagomba gukora nyuma bagategereza.

Abarundi bemeza ko mu Burundi habaye genocide yakorewe Abahutu, bahawe umuco ku cyo bari bagomba gukora nyuma bagategereza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?