• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Aka kanya perezida Cyril Ramaphosa ari i Kampala, menya icyitezwe muri uru ruzinduko rudasanzwe rwe.

minebwenews by minebwenews
April 16, 2024
in Regional Politics
0
Aka kanya perezida Cyril Ramaphosa ari i Kampala, menya icyitezwe muri uru ruzinduko rudasanzwe rwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yageze i Kampala ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Uganda, aho aje mu ruzinduko rwa kazi.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni ahagana isaha ya saa munani n’iminota makumyabiri nine, z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16/04/2024, n’ibwo bwana Cyril Ramaphosa yageze ku ki buga cy’i ndege cya Intebbe ho muri Uganda.

Bwana Cyril Ramaphosa yakiririwe na perezida Museveni ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Entebbe, nk’uko byemejwe nibiro by’u mukuru w’igihugu cya Uganda.

Nyuma yaho aba bakuru bi bihugu byombi bagiye muri State House iri Entebe.

Uruzinduko rwa Cyril Ramaphosa rwatangiye ku vugwa mu mpera z’iki Cyumweru dusoje, aho ndetse byari biteganijwe ko uyu mukuru w’igihugu azagera i Kampala ku munsi w’ejo hashize.

Ariko kuri uyu wa Mbere perezida wa Uganda akaba yarakiriye bwana Jakaya Kikwete wahoze ari perezida wa Tanzania. Aba banyacyubahiro bombi baje no kuganira ku bibazo bimwe nabimwe bireba Afrika y’iburasizuba (EAC), harimo ko bavuze ku kubaka isoko izahuza ibihugu byo mu Burasirazuba bw’Afrika, imaze igihe kirekire iri mu mupango wibi bihugu.

Perezida Cyril Ramaphosa wageze i Kampala araganira na mugenzi we wa Uganda ku bibazo by’u garije akarere ndetse no ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko byatangajwe n’ibiro bya perezida Cyril Ramaphosa.

Ibi biro byagize biti: “Nyakubahwa perezida Cyril Ramaphosa yakiririwe na perezida Kaguta Museveni muri States House, muri Uganda, aho ari muruzinduko rw’a kazi. Abakuru b’ibihugu byombi baraganira ku mutekano wa karere, harimo n’ibibera mu Burasirazuba bwa RDC, ndetse no muri Sadan y’Epfo.”

Byakomeje bitangaza ko aba bakuru bi bihugu byombi bari buze no kurebera hamwe barushaho kunoza umubano w’ibihugu byabo (Afrika y’Epfo na Uganda).

Mu Cyumweru gishize Cyril Ramaphosa yari i Kigali aho yari yitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Mbere y’uko ahaguruka ava i Kigali yabanjye guha itangaza makuru ikiganiro avuga ko uruzinduko rwe i Kigali rwahinduye imiterekerereze ye ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Muri icyo gihe yavuze ko intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC itagomba gukemurwa munzira y’intambara ko hubwo igomba gukemurwa munzira ya politiki.

Igihugu cya Afrika y’Epfo ni kimwe mu bihugu bitatu (Malawi, Tanzania na Afrika y’Epfo) byo muri SADC bifite abasirikare mu Burasirazuba bwa RDC aho bari gufasha leta ya Kinshasa kurwanya umutwe wa M23.

      Abasesenguzi benshi babona uru ruzinduko  ko rushobora ku byara igisubizo cyiza ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC. Abavuga ibi bashingira ku magambo ya Ramaphosa yavugiye i Kigali.
           

           MCN.
Tags: Ari i KampalaCyril RamaphosaIbiganiro na Perezida MuseveniUburasirazuba bwa RDCUmutekano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Abarundi bemeza ko mu Burundi habaye genocide yakorewe Abahutu, bahawe umuco ku cyo bari bagomba gukora nyuma bagategereza.

Abarundi bemeza ko mu Burundi habaye genocide yakorewe Abahutu, bahawe umuco ku cyo bari bagomba gukora nyuma bagategereza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?