• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Insoresore i Goma, bariye karungu, basabye kurekura bagenzi babo bitaba ibyo bagakora imyigaragambyo karandura.

minebwenews by minebwenews
April 17, 2024
in Regional Politics
0
Insoresore i Goma, bariye karungu, basabye kurekura bagenzi babo bitaba ibyo bagakora imyigaragambyo karandura.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, abari mu myigaragabyo batawe muri yombi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu myigaragabyo yaramukiye mu mujyi wa Goma, kuri uyu wa Gatatu, nibwo inzego zishinzwe umutekano zataye muri yombi abagera ku icumi na babiri, nk’uko bamwe muribo babivuga.

Bavuga ko imyigaragabyo yabereye i Goma, ahazwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yari iyo kwamagana inzego z’u mutekano zidakora ibishoboka byose ngo zigarure umutekano n’amahoro.

Mu minsi icumi nine gusa, muri Goma hamaze gupfa abantu barenga 18 benshi muri aba bapfuye bishwe barashwe abandi bicwa batewe amabuye. Abari inyuma y’ubwo bwicanyi hadomwa urutoki abarimo abasirikare na Wazalendo.

Ubwo kuri uyu wa Gatatu abarimo insoresore zishigikiwe n’ishirahamwe rya LUCHA, ndetse na sosiyete sivile, bari mu myigaragabyo; polise yabashye ku bitanga maze ihagarika abagera ku icumi na babiri, kuri ubu barafunzwe.

Bityo aba bari mu myigaragabyo bakaba bari kubwira itangaza makuru ko byaba byiza barekuye bagenzi babo ko kandi igihe batorekurwa hakorwa ibindi bibi birenze.

Bati: “Turasaba ko barekurwa nta mpamvu ituma bahagarikwa. Ikindi turasaba ko umuyobozi w’u Mujyi wa Goma ko yegura. Igihe bagenzi bacu byanze ko barekurwa turabasezeranya ko tugiye gukora Indi myigaragabyo kurandura.” Ibi byavuzwe na Josué Walay, umwe mu bakozi ba LUCHA( ishirahamwe riharanira impinduka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo).

               MCN.
Tags: Basabye kurekura bagenzi baboBitaba ibyo bagakora imyigaragambyo karanduraGomaKarunguLUCHA
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Igihugu cy’u Burundi cyinjiye mu bihe bitaboroheye ku bera umwuzure.

Igihugu cy'u Burundi cyinjiye mu bihe bitaboroheye ku bera umwuzure.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?