• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Aka kanya minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, atangaje ibindi bishya leta ye, igiye gukora kuri Ira.

minebwenews by minebwenews
April 17, 2024
in Regional Politics
0
Aka kanya minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, atangaje ibindi bishya leta ye, igiye gukora kuri Ira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bw’igihugu cya Israel bwongeye kuvuga bushize amanga ku byo bugiye gukora nyuma y’uko Iran ibagabyeho igitero gikaze.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bikubiye mu jambo minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatanze kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 17/04/2024.

Ntagushidikanya Netanyahu yavuze ko ntakabuza leta ye, igomba kuza hora.

Yagize ati: “Israel izakora ibishoboka byose kugira ngo yirwanaho.”

Ijambo rya Benjamin Netanyahu rije mu gihe amakimbirane hagati ya Iran na Israel akomeje kubamo umwuka mubi.

Benjamin Netanyahu ibi kandi yabivuze mu gihe kuri uyu wa Gatatu yari yagiranye ibiganiro bidasanzwe aho yari yabikoranye na minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, bwana David Cameron ndetse na Annalena Baebock, minisitiri w’intebe w’u Budage.

Ibinyamakuru byo muri icyo gihugu byavuze ko aba bayobozi bombi bari baje guha i Nama Israel icyo yakora kugira ihore kuri Iran iheruka kuyigabaho igitero kidasanzwe.

Mu ijambo rya Benjamin Netanyahu yanashimiye bagenzi be bamubaye hafi aho yagize ati: “I Nama zanyu ndazishima, ariko kandi ndashaka kumvikanisha ibyemezo byacu tuzabifata vuba.”

Ku mu goroba wo ku wa Gatandatu, w’i Cyumweru dusoje, nibwo Iran yagabye kuri Israel ibitero bikaze, ikoresheje indege z’intambara zitagira abapilote ndetse na za Misile.

Gusa leta ya Amerika yavuze ko yatabaye Israel ndetse ibasha no gupfubya ibisasu hafi yabyose Iran yari yagabye kuri iki gihugu.

Nyuma Iran yigambye iki gitero ariko itangaza ko nta kindi gitero yenda gukora mu gihe Israel itohora, kandi ivuga ko kiriya gitero yagikoze mu rwego rwo guhorera abasirikale babo barasiwe kuri ambasade yabo iri muri Siriya, abo ivuga ko barashwe n’igisirikare cya Israel.

         MCN.
Tags: Benjamin NetanyahuGuhoraIbindi bishyaIran
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Uganda yafashe icyemezo cyo kurekura abasirikare bari bafunzwe bazira kuba intasi z’u Rwanda.

Leta ya Uganda yafashe icyemezo cyo kurekura abasirikare bari bafunzwe bazira kuba intasi z'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?