• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, June 23, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Aka kanya minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, atangaje ibindi bishya leta ye, igiye gukora kuri Ira.

minebwenews by minebwenews
April 17, 2024
in Regional Politics
0
Aka kanya minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, atangaje ibindi bishya leta ye, igiye gukora kuri Ira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bw’igihugu cya Israel bwongeye kuvuga bushize amanga ku byo bugiye gukora nyuma y’uko Iran ibagabyeho igitero gikaze.

You might also like

UDPS N’Ubukangurambaga Bushingiye ku Guharabika Abatavuga Rumwe na Yo? Impaka ku Magambo ya Kabuya n’Ingaruka Zayo muri Politiki ya RDC Nyuma yo Gutangaza Uwishe Mzee Kabila

DRC and Rwanda Announce Refugee Repatriation Program; A New Step Toward Resolving the Regional Refugee Crisis

RDC n’u Rwanda Byatangaje Gahunda yo Gucyura Impunzi; Intambwe Nshya mu Gukemura Ikibazo cy’Impunzi mu Karere

Ni bikubiye mu jambo minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatanze kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 17/04/2024.

Ntagushidikanya Netanyahu yavuze ko ntakabuza leta ye, igomba kuza hora.

Yagize ati: “Israel izakora ibishoboka byose kugira ngo yirwanaho.”

Ijambo rya Benjamin Netanyahu rije mu gihe amakimbirane hagati ya Iran na Israel akomeje kubamo umwuka mubi.

Benjamin Netanyahu ibi kandi yabivuze mu gihe kuri uyu wa Gatatu yari yagiranye ibiganiro bidasanzwe aho yari yabikoranye na minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, bwana David Cameron ndetse na Annalena Baebock, minisitiri w’intebe w’u Budage.

Ibinyamakuru byo muri icyo gihugu byavuze ko aba bayobozi bombi bari baje guha i Nama Israel icyo yakora kugira ihore kuri Iran iheruka kuyigabaho igitero kidasanzwe.

Mu ijambo rya Benjamin Netanyahu yanashimiye bagenzi be bamubaye hafi aho yagize ati: “I Nama zanyu ndazishima, ariko kandi ndashaka kumvikanisha ibyemezo byacu tuzabifata vuba.”

Ku mu goroba wo ku wa Gatandatu, w’i Cyumweru dusoje, nibwo Iran yagabye kuri Israel ibitero bikaze, ikoresheje indege z’intambara zitagira abapilote ndetse na za Misile.

Gusa leta ya Amerika yavuze ko yatabaye Israel ndetse ibasha no gupfubya ibisasu hafi yabyose Iran yari yagabye kuri iki gihugu.

Nyuma Iran yigambye iki gitero ariko itangaza ko nta kindi gitero yenda gukora mu gihe Israel itohora, kandi ivuga ko kiriya gitero yagikoze mu rwego rwo guhorera abasirikale babo barasiwe kuri ambasade yabo iri muri Siriya, abo ivuga ko barashwe n’igisirikare cya Israel.

         MCN.
Tags: Benjamin NetanyahuGuhoraIbindi bishyaIran
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

UDPS N’Ubukangurambaga Bushingiye ku Guharabika Abatavuga Rumwe na Yo? Impaka ku Magambo ya Kabuya n’Ingaruka Zayo muri Politiki ya RDC Nyuma yo Gutangaza Uwishe Mzee Kabila

by Bahanda Bruce
June 23, 2026
0
UDPS N’Ubukangurambaga Bushingiye ku Guharabika Abatavuga Rumwe na Yo? Impaka ku Magambo ya Kabuya n’Ingaruka Zayo muri Politiki ya RDC Nyuma yo Gutangaza Uwishe Mzee Kabila

UDPS N’Ubukangurambaga Bushingiye ku Guharabika Abatavuga Rumwe na Yo? Impaka ku Magambo ya Kabuya n’Ingaruka Zayo muri Politiki ya RDC Nyuma yo Gutangaza Uwishe Mzee Kabila Mu gihe...

Read moreDetails

DRC and Rwanda Announce Refugee Repatriation Program; A New Step Toward Resolving the Regional Refugee Crisis

by Bahanda Bruce
June 22, 2026
0
DRC and Rwanda Announce Refugee Repatriation Program; A New Step Toward Resolving the Regional Refugee Crisis

DRC and Rwanda Announce Refugee Repatriation Program; A New Step Toward Resolving the Regional Refugee Crisis The Government of the Democratic Republic of the Congo (DRC) has announced...

Read moreDetails

RDC n’u Rwanda Byatangaje Gahunda yo Gucyura Impunzi; Intambwe Nshya mu Gukemura Ikibazo cy’Impunzi mu Karere

by Bahanda Bruce
June 22, 2026
0
RDC n’u Rwanda Byatangaje Gahunda yo Gucyura Impunzi; Intambwe Nshya mu Gukemura Ikibazo cy’Impunzi mu Karere

RDC n'u Rwanda Byatangaje Gahunda yo Gucyura Impunzi; Intambwe Nshya mu Gukemura Ikibazo cy’Impunzi mu Karere Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko guhera mu...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye i Kinshasa mu Ruzinduko rw’Iminsi Ibiri: Ibiganiro ku Mutekano wa RDC, Minembwe n’Ibibazo bya Politiki Bihanzwe Amaso

by Bahanda Bruce
June 22, 2026
0
Perezida Ndayishimiye i Kinshasa mu Ruzinduko rw’Iminsi Ibiri: Ibiganiro ku Mutekano wa RDC, Minembwe n’Ibibazo bya Politiki Bihanzwe Amaso

Perezida Ndayishimiye i Kinshasa mu Ruzinduko rw’Iminsi Ibiri: Ibiganiro ku Mutekano wa RDC, Minembwe n’Ibibazo bya Politiki Bihanzwe Amaso Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, kuri uyu...

Read moreDetails

President Ndayishimiye Expected in Kinshasa as Burundian Troops Continue to Suffer Losses in Fighting Against Banyamulenge: Key Details on His Visit and Expected Talks with Tshisekedi

by Bahanda Bruce
June 22, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yatunguranye Avuga ko Ariho Akimenya Kuyobora mu Gihe Ayoboye Manda Zirenze Imwe

President Ndayishimiye Expected in Kinshasa as Burundian Troops Continue to Suffer Losses in Fighting Against Banyamulenge: Key Details on His Visit and Expected Talks with Tshisekedi President of...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Uganda yafashe icyemezo cyo kurekura abasirikare bari bafunzwe bazira kuba intasi z’u Rwanda.

Leta ya Uganda yafashe icyemezo cyo kurekura abasirikare bari bafunzwe bazira kuba intasi z'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?