• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umugaba mukuru w’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Kenya, yitabye Imana.

minebwenews by minebwenews
April 18, 2024
in Regional Politics
0
Umugaba mukuru w’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Kenya, yitabye Imana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugaba mukuru w’ingabo za Kenya (Kdf), yitabye Imana ku mu goroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 18/04/2024 azize impanuka y’indege.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni General Omondi Ogolla, waguye mu mpanuka y’indege yo mu bwoko bwa Kajugujugu aho yari kumwe n’abandi basirikare icyenda.

Rugikubita amakuru yemejwe na Polisi ya Kenya inavuga ko batanu bahasize ubuzima abandi bane barakomereka, ko kandi ibyo byabereye mu gace ka i Kaben.

Nyuma yabwo perezida wa Kenya William Ruto akaba n’umugaba wikirenga w’ingabo za Kenya, yahise atumiza i Nama yigitaraganya ku biro bye.

General Ogolla waguye mu mpanuka y’indege, umwaka ushize ahagana mu kwezi kwa Kane, nibwo yagizwe umugaba mukuru w’ingabo za Kenya atsimbuye Gen Robert Kibichi wari washizwe mu kiruhuko cy’izabukuru.

Mbere y’uko Gen Ogolla agirwa umugaba mukuru w’ingabo za Kenya yari umugaba w’ungirije w’ingabo zirwanira mu kirere.

Uyu musirikare yize ibya gisirikare mu ishuri rya gisirikare riri i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa no mu ishuri rikuru rya gisirikare rya Kenya.

Yahawe impamya bumenyi ihanitse na kaminuza ya Egerton mu bijanye n’ubushakashatsi mpuzamahanga n’ubumenyi bwa gisirikare, impamyabumenyi mu buhinzi ndetse no mu bumenyi mu bya politiki, n’ubushakashatsi mpuzamahanga yakuye muri Kaminuza ya Nairobi.

Mu mwaka w’ 2018 yagizwe umugaba w’ungirije w’ingabo zirwanira mu kirere. Uyu mwanya yawumazeho Imyaka itatu.

Umukuru w’igihugu cya Kenya yavuze ko yamugize umugaba mukuru w’ingabo za Kenya, kumpamvu z’uko yari amuziho ubunararibonye.

         MCN.
Tags: Gen OgollaKenyaUmugaba mukuru w'ingabo za KenyaYitabye Imana
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abanyekongo baciriwe amarenga ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ntacyo buzabagezaho.

Abanyekongo baciriwe amarenga ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ntacyo buzabagezaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?