• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyekongo baciriwe amarenga ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ntacyo buzabagezaho.

minebwenews by minebwenews
April 19, 2024
in Regional Politics
0
Abanyekongo baciriwe amarenga ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ntacyo buzabagezaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bayobozi baheruka kwiyunga mu ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleuve Congo (AFC), yavuze ko Tshisekedi Tshilombo ari mu batuma igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gikomeza kuja mu kaga.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Nibikubiye mu nyandiko bwana Chalwe Munkutu Adam, wahoze ari umuyobozi mukuru wa Malaika tv-cd; kuri ubu akaba ari umwe mu bafata ibyemezo muri AFC ya Corneille Nangaa, yashize inyandiko hanze agaragaza ko imyaka 30 ishize igihugu cyabo kiri mu ntambara zurudaca, bityo agaragaza ko Abanyekongo bari basigaranye amahitamo yo kuyoboka Alliance Fleuve Congo, kugira bagere ku gisubizo cyiza.

Munyandiko za bwana Chalwe Munkuta Adam, zivuga ko ibibazo nyamukuru Repubulika ya demokarasi ya Congo ifite, biri mu byiciro bitatu: “politiki mbi, leta mbi n’ivangura ry’Amoko.”

Adam Chalwe avuga ko mu matora aheruka kuba muri iki gihugu cya RDC nayo ari mu byatumye ibibazo by’iki gihugu bikomeza kurushaho kuzamba.

Yagize ati: “Amakosa yakozwe mu matora yo mu 2023 yakuyeho amahirwe Congo yarisigaranye yokuba yakongera kuba nziza. Imvururu zo gutambuka kwa Tshisekedi zongeye Abanyekongo gukomeza kuba mu mutekano muke.”

Chalwe Munkuta Adam avuga kandi ko Imyaka 30 ishize, igihugu cya RDC kiri mu ntambara, ko n’ubundi ntacyo bizatanga mu gihe Tshilombo akiri ku butegetsi kandi ubwe nawe ari mubateje iki gihugu ibibazo by’u mutekano muke aho yagaragaje ko abaturage bafite ububabare baterwa n’igisirikare cya Tshisekedi kirimo FARDC na Wazalendo.

Yakomeje avuga ko kuba Tshisekedi ari we muyobozi mukuru mu gihugu kandi akaba akoresha FDLR iri mu bakwirakwiza ingenga bitekerezo ya genocide ku bwoko bumwe mu gihugu biri mu bituma RDC itagera ku mahoro arambye.

Inyandiko za Adam zikomeza zivuga ko ubutegetsi bwa Kinshasa buri mu batandukanya abaturage babwo, kandi bukica n’abatavuga rumwe nabwo ndetse bukaba ngo bwambura abandi uburenganzira bwabo bakoresheje uburiganya.

Adam Chalwe Munkuta avuga ko ntacyiza nakimwe ubutegetsi bwa Kinshasa bushobora kugeza ku baturage usibye ko ubwo butegetsi busahura igihugu no guhoza igihugu mu kaga.

Inyandiko za Adam Chalwe Munkuta zisoza ziburira Abanyekongo bose ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, ari ryo rishoboye gukemura ibibazo igihugu cyabo gifite, bityo ko ari ryo rizamaraho ikibazo u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bufite, no kugarura icyubahiro cy’iki gihugu.

           MCN.
Tags: Abanyekongo baciriwe amarengaNtacyo buzabagezahiTshisekediUbutegetsi bwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Abakora mu ishami ry’u buzima mu muryango w’Abibumbye, bagaragaje impungenge zikomeye ku ndwara y’ibicurane by’ibiguruka iri gukwirakwizwa mu bantu.

Abakora mu ishami ry'u buzima mu muryango w'Abibumbye, bagaragaje impungenge zikomeye ku ndwara y'ibicurane by'ibiguruka iri gukwirakwizwa mu bantu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?