• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hagaragajwe ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, buganisha gushira igihugu mu kaga gakomeye.

minebwenews by minebwenews
April 22, 2024
in Regional Politics
0
Hagaragajwe ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, buganisha gushira igihugu mu kaga gakomeye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi buganisha gushira igihugu mu kaga gakomeye.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni bikubiye mu butumwa umuvugizi wa M23 mubya politiki, Lawrence Kanyuka yaraye ashize hanze mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22/04/2024.

Ubutumwa bwa Lawrence Kanyuka butangiza buvuga ko bamenyesha mu majyepfo y’akarere ka Masisi ko ihuriro ry’Ingabo z’u butegetsi bwa Kinshasa ryahafunguye ikigo gikorerwamo imyitozo ya gisirikare, ikaba yaratangiye mu kwezi gushize.

Iki kigo kiyobowe n’igisirikare cy’u Burundi ku bufasha bw’Imbonerakure, aho bari gutoza abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro irimo na Wazalendo. Ahanini babatoza kwica abasivile b’Abatutsi bikozwe muri bucece.

Ubutumwa bwa Lawrence Kanyuka bukomeza buvuga ko mu gihugu cy’u Burundi haheruka kugurirwa imipanga myinshi, iyo mipanga yoherejwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ihabwa abarangije imyitozo.

Bukomeza buvuga kandi ko ubuyobozi bw’i mitwe y’itwaje imbunda harimo na CODECO izwiho ubugizi bwanabi ndenga kamere bukorerwa abo mu bwoko bw’Abahema bo mu Ntara ya Ituri, ariko bamwe mu bayobozi b’iyo mitwe batumiwe i Kinshasa kugirana ibiganiro n’ubutegetsi bwo hejuru bwa perezida Félix Tshisekedi. Byongeye kandi iriya mitwe y’itwaje imbunda izwiho ibyaha byibasira ikiremwa muntu, ariko bahabwa ku bukungu bw’igihugu no gukorana byahafi n’Ingabo z’i gihugu.

Kanyuka avuga ko ibikorwa bizanira abaturage amakuba, bigomba gufatirwa ingamba kugira ngo bishirweho iherezo ryanyuma.

Ubutumwa bwa Lawrence Kanyuka busoza buvuga ko mu gihe Isi ikiri mu bihe byo kwibuka ibibi nk’ibi, byakorewe Abatutsi mu Rwanda, ubwo amahanga yari yaricyecekeye bituma imbaga y’abantu miliyoni bapfa bazira ubwoko bwabo Abatutsi, ko n’ubundi muri Congo birimo gukorwa ariko imiryango mpuzamahanga ugakomeza kurebera.

        MCN.
Tags: Buraganisha gushira igihugu mu kaga gakomeyeUbutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango w’Abibumbye wagaragaje impungenge ufitiye abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC, nyuma y’uko umutekano waho ukomeje kuzamba .

Umuryango w'Abibumbye wagaragaje impungenge ufitiye abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC, nyuma y'uko umutekano waho ukomeje kuzamba .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?