• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Aka kanya ku murongo w’urugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa hari ituze mu bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
May 6, 2024
in World News
0
Aka kanya ku murongo w’urugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa hari ituze mu bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku murongo w’urugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa hagaragaye ituze mu bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Ni muri Masisi ahari hamaze iminsi irenga ine humvikana imbunda ziremereye n’izito hongeye ku garagara ituze, nk’uko ay’amakuru avugwa nabaturiye ibyo bice.

Ahanini iri tuze ryagaragaye mu bice bimaze ku bohozwa n’u mutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ndetse ngo ukaba ugamije gushiraho iherezo ry’ubu butegetsi bwa Kinshasa.

Nka hitwa Bitongo ho muri teritwari ya Masisi uy’umunsi wo kw’itariki ya 06/05/2024, hari agahenge, bitandukanye n’urusaku rw’imbunda zahumvikanye kuri uyu wo ku Cyumweru, cyane cyane ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize.

Ahandi haranzwe n’ituze mu gihe hari hakunze kumvikana imbunda ziremereye ni muri Bwemerimana ndetse no hakurya wa mbutse muri Minova mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Aha muri Minova hagarutse ituze muri ay’amasaha y’igicamunsi, ariko M23 ira cya hazengurutse.

Ikindi n’uko M23 yamaze kwinjira muri Kivu y’Amajy’epfo, aho imaze gufata ibice bimwe byo muri teritwari ya Kalehe birimo ahitwa Kalungu aha uba watambutse Minova werekera i Bukavu, ahandi yafashe ni Kavumu, Rwangala na Ruzikata.

Ku rundi ruhande igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, binyuze mu muvugizi wacyo Gen Sylvain Ekenge yatangaje ko hagiye gukorwa operasiyo ihuriweho igisirikare cya FARDC na SADC kugira ngo bahashya M23.

Ibi kandi byavuzwe n’umuryango w’Afrika w’iterambere rya Afrika y’Amajy’epfo, aho bashize itangazo hanze kuri iki Cyumweru rimenyesha ko ingabo zuyu muryango zigiye kurwanya M23 no kuyirandura muri RDC.

         MCN.
Tags: Hagaragaye ituzeKu murongo w'u rugamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

Burya Abanyaburayi ngo n'ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n'abo ni abacakara kimwe n'abandi- byose abishize ku karubanda Nubwo Abanyaburayi bagize uruhare rukomeye mu kugurisha Abanya-Frika nk'abacakara, babakoloniza; nyuma bakaza...

Read moreDetails

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi ntiyahishye ko ari munzira zo guhindura itegeko nshinga.

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi ntiyahishye ko ari munzira zo guhindura itegeko nshinga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?