• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 6, 2025
in World News
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

You might also like

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

Umukobwo w’imyaka 23 y’amavuko witwa Mia O’Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw’i Dubai rwa mukatiye gufunguwa burundu, umuryango we ukavuga ko yazize “ubuswa.”

Ni amakuru yashyizwe hanze n’umuryango wa Mia O’Brien, aho watanze ubutumwa usaba ko bohabwa amafaranga yo kuja gusura umwana wabo, ngo nubwo yazize ikosa ry’ubuswa.

Umubyeyi we Danielle McKenna, w’imyaka 46, yagize ati: “Mia yahamijwe icyaha i Dubai, ubu ari muri gereza nkuru. Ntabwo ndamubona kuva afunzwe mu kwezi gushize. Nubwo ari muto, yize amategeko muri Kaminuza, ntiyegeze akora ikibi mu buzima bwe, ariko yagize urugomo n’inshuti mbi, none arimo kubiryozwa.”

Uyu mubyeyi yanashimiye abamaze gutanga inkunga ku rubuga rwo gukusanya imfashanyo, avuga ko amafaranga azakoreshwa mu kumwohereza ibyo akaneye, imanza ndetse n’urugendo rwo ku musura.

Hari ikinyamakuru cyo muri Dubai cyitwa Daily Mail, cyavuze ko kugeza ubu hataramenyekana icyaha nyirizana Mia O’Brien cyatumye akatirwa gufungwa burundu. Ariko amategeko ya Leta Zunze ubumwe z’Abarabu(UAE) asobanura neza ko:

-Ubucuruzi bw’ibiyabwenge bushobora gutuma umuntu ahanishwa igihano cya burundu cyangwa n’urupfu, bitewe n’ingano n’uko byagenze.

-Gukoresha ibiyobyabwenge nka cannabis, bishobora gutuma akatirwa nibura amezi 3 y’igifungo cyangwa agacibwa amande hagati ya €4,00 na €20,000.

-Kuba kandi uyu mwana w’umukobwa agaragaza ibiyobyabwenge mu maso na byo bifatwa nko kugira ibiyobyabwenge mu mubiri.

Ku rubuga rwo gukusanya imfashanyo, intego yari £1, 600 ariko hamaze gutangwa €700.

Tags: DubaiGufungwa burunduMia O'Brien
Share34Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura MINEMBWE CAPITAL NEWS Umwuka wa politiki n'umutekano...

Read moreDetails

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n'Icyo Bisobanura MINEMBWE CAPITAL NEWS Imyitwarire ya Minisitiri w'Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu,...

Read moreDetails

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi MINEMBWE CAPITAL...

Read moreDetails

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n'Ibyaranze Ubuyobozi Bwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa cyatunguranye cyakuruye impaka n'inyungu...

Read moreDetails
Next Post
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n'iby'imbunda nini, hasobunurwa n'impamvu yabyo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?