• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO zasezeye muri Kivu y’Amajy’epfo, aho zagenzuraga zihashikiriza itorero rya Méthodiste Libre.

minebwenews by minebwenews
May 7, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO zasezeye muri Kivu y’Amajy’epfo, aho zagenzuraga zihashikiriza itorero rya Méthodiste Libre.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’umuryango w’Abibumbye zasezeye mu gace kamwe kari i Baraka maze ibibanza zarimo zibishikiriza ubuyobozi bw’Itorero rya Méthodiste Libre.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 06/05/2024 ni bwo mu gace gaherereye i Baraka, ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo habaye umuhango wo gusezera kwa MONUSCO ikaba igiye kwerekeza mu bihugu yaje ivamo, nk’uko ay’amakuru yatanzwe n’abaturiye ibyo bice.

Umuhango wo gusezera kwa MONUSCO witabiriwe n’abanyacyubahiro benshi barimo n’abasirikare, polisi ndetse n’ubuyobozi bwa leta hari kandi n’abahagariye intara ndetse n’abayobozi baza teritware ya Fizi na Uvira.

Uyu muhango wabereye neza mu gace kitwa Mushimbakye hafi na centre ya Baraka, ni nako gace karimo ibirindiro by’ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO kuva umwaka ushize ndetse na mbere yaho izi ngabo zari zihamaze igihe.

Ubwo iz’ingabo za Monusco zakoraga umuhango wo gusezera ubutaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo zavuze ko ibibanza barimo bya Mushimbakye ko babisigiye itorero rya Méthodiste Libre, nk’uko n’ubundi ibi bibanza bari barabiheshejwe n’iri torero.

Kimweho n’ubwo basezeye ariko bamwe mu bayobozi Babanyekongo bavuze ko batizera neza ko Monusco yova ku butaka bwa RDC, nk’u muyobozi wa centre ya Baraka, bwana Jaques M’mbocwa Hussein yatangaje ko atarumva ko Monusco yova ku butaka bw’igihugu cyabo, avuga ko ahubwo ko we atekereza ko izi ngabo zigiye kuja mu kandi gace ariko ko ku butaka bwa Congo.

Ariko avuga ko biteye umunezero kubona Monusco ivuye ku butaka bw’iki gihugu.

Ati: “Dufite umunezero mwinshi wo kubona ingabo za Monusco zipakiye imizigo yabo, bakaba bagiye gusubira iwabo.”

Kuri uyu wa Kabiri, Monusco yazindukiye mu bikorwa byo gusibura umuhanda wa Baraka-Uvira, kugira ngo bizabafashe kugenda amahoro ni mu gihe uwo muhanda wari warangirijwe n’imvura imaze igihe igwa ari ninshi muri ibyo bice.

Aha mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo Monusco imaze kuva mu birindiro byinshi, birimo Kamanyola (Walungu), Bunyakili (Kalehe), ni bya Kavumu ho muri teritware ya Kabare.

Aha gisigaye ingabo za Monusco ni muri Minembwe na Mikenke, ku mpamvu z’imihanda mibi nk’uko bivugwa n’ubuyobozi bwa Monusco.

Kugenda kwa MONUSCO iva mu gihugu cya RDC biri mu masezerano yasinywe hagati y’u butegetsi bwa Kinshasa n’umuryango w’Abibumbye (oni).

          MCN.
Tags: BarakaGusezeraIbibanza bihabwa itoreroMéthodisteMonuscoMushimbakye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu wa Gatatu, ruzindutse rwa mbikanira mu bice byo muri teritwari ya Masisi, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Kuri uyu wa Gatatu, ruzindutse rwa mbikanira mu bice byo muri teritwari ya Masisi, hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?