• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, May 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO zasezeye muri Kivu y’Amajy’epfo, aho zagenzuraga zihashikiriza itorero rya Méthodiste Libre.

minebwenews by minebwenews
May 7, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO zasezeye muri Kivu y’Amajy’epfo, aho zagenzuraga zihashikiriza itorero rya Méthodiste Libre.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’umuryango w’Abibumbye zasezeye mu gace kamwe kari i Baraka maze ibibanza zarimo zibishikiriza ubuyobozi bw’Itorero rya Méthodiste Libre.

You might also like

Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Ni ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 06/05/2024 ni bwo mu gace gaherereye i Baraka, ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo habaye umuhango wo gusezera kwa MONUSCO ikaba igiye kwerekeza mu bihugu yaje ivamo, nk’uko ay’amakuru yatanzwe n’abaturiye ibyo bice.

Umuhango wo gusezera kwa MONUSCO witabiriwe n’abanyacyubahiro benshi barimo n’abasirikare, polisi ndetse n’ubuyobozi bwa leta hari kandi n’abahagariye intara ndetse n’abayobozi baza teritware ya Fizi na Uvira.

Uyu muhango wabereye neza mu gace kitwa Mushimbakye hafi na centre ya Baraka, ni nako gace karimo ibirindiro by’ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO kuva umwaka ushize ndetse na mbere yaho izi ngabo zari zihamaze igihe.

Ubwo iz’ingabo za Monusco zakoraga umuhango wo gusezera ubutaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo zavuze ko ibibanza barimo bya Mushimbakye ko babisigiye itorero rya Méthodiste Libre, nk’uko n’ubundi ibi bibanza bari barabiheshejwe n’iri torero.

Kimweho n’ubwo basezeye ariko bamwe mu bayobozi Babanyekongo bavuze ko batizera neza ko Monusco yova ku butaka bwa RDC, nk’u muyobozi wa centre ya Baraka, bwana Jaques M’mbocwa Hussein yatangaje ko atarumva ko Monusco yova ku butaka bw’igihugu cyabo, avuga ko ahubwo ko we atekereza ko izi ngabo zigiye kuja mu kandi gace ariko ko ku butaka bwa Congo.

Ariko avuga ko biteye umunezero kubona Monusco ivuye ku butaka bw’iki gihugu.

Ati: “Dufite umunezero mwinshi wo kubona ingabo za Monusco zipakiye imizigo yabo, bakaba bagiye gusubira iwabo.”

Kuri uyu wa Kabiri, Monusco yazindukiye mu bikorwa byo gusibura umuhanda wa Baraka-Uvira, kugira ngo bizabafashe kugenda amahoro ni mu gihe uwo muhanda wari warangirijwe n’imvura imaze igihe igwa ari ninshi muri ibyo bice.

Aha mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo Monusco imaze kuva mu birindiro byinshi, birimo Kamanyola (Walungu), Bunyakili (Kalehe), ni bya Kavumu ho muri teritware ya Kabare.

Aha gisigaye ingabo za Monusco ni muri Minembwe na Mikenke, ku mpamvu z’imihanda mibi nk’uko bivugwa n’ubuyobozi bwa Monusco.

Kugenda kwa MONUSCO iva mu gihugu cya RDC biri mu masezerano yasinywe hagati y’u butegetsi bwa Kinshasa n’umuryango w’Abibumbye (oni).

          MCN.
Tags: BarakaGusezeraIbibanza bihabwa itoreroMéthodisteMonuscoMushimbakye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027

by Bahanda Bruce
May 10, 2026
0
Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027

Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027 Mu gihe u Burundi buri kwinjira mu bihe bikomeye byo kwitegura amatora y’Umukuru w’Igihugu...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka ku rwego mpuzamahanga nyuma yo...

Read moreDetails

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda Ibibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mu gihe isi yinjira mu...

Read moreDetails

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Martin Fayulu, yongeye kunenga...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu wa Gatatu, ruzindutse rwa mbikanira mu bice byo muri teritwari ya Masisi, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Kuri uyu wa Gatatu, ruzindutse rwa mbikanira mu bice byo muri teritwari ya Masisi, hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?