Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kigali, Diane Shima yatangaje ko aziyamamariza kuba umukuru w’i gihugu cy’u Rwanda, mu matora asigaje igihe gito akaba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 8, 2024
in Regional Politics
0
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kigali, Diane Shima yatangaje ko aziyamamariza kuba umukuru w’i gihugu cy’u Rwanda, mu matora asigaje igihe gito akaba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kigali, Diane Shima yatangaje ko aziyamamariza umwanya w’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda mu matora asigaje igihe gito akaba muri icyo gihugu.

You might also like

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Ni ubutumwa Diane Shima Rwigara yatanze abunyujije ku rukuta rwe rwa X, yahoze yitwa Twitter.

Yatangaje ko asaba Abanyarwanda kuza motora ndetse no kubamenyesha ko ari umwe biteguye kuzayobora igihugu cy’u Rwanda.

Yagize ati: “Icyiciro gishya cy’Amateka y’u Rwanda gitangiye ubu. Twese hamwe tuzubaka amateka. Ni munshyigikire muri iyi gahunda yo kwiyamamariza kuba perezida.”

Diane Shima Rwigara ni umukobwa wa Assinapol Rwigara wahoze ari umushoramari ukomeye muri iki gihugu cy’u Rwanda, nyuma akaza gupfa mu mwaka w’ 2015 azize impanuka y’imodoka nk’uko byavuzwe muri icyo gihe.

Mu matora y’u mukuru w’igihugu aheruka mu mwaka w’ 2017, Diane yari yashatse kwiyamamaza, ariko ntibyakunda kubera i nama y’igihugu ishinzwe amatora yasanze hari ibyo atujuje kugira ngo yiyamarize uwo mwanya.

Amatora y’u mukuru w’igihugu mu Rwanda ateganijwe kuba mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka.

           MCN.
Tags: Aziyamamariza umwanya w'u mukuru wigihuguDiane Shima RwigaraRwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails

Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

Kivu y'Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryashyizeho abayobozi b'intara ya Kivu y'Amajyepfo, guverineri na visi guverineri....

Read moreDetails
Next Post
Icyazanye intumwa z’igisirikare cya Tanzania i Kigali mu Rwanda cya menyekanye.

Icyazanye intumwa z'igisirikare cya Tanzania i Kigali mu Rwanda cya menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?