• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kigali, Diane Shima yatangaje ko aziyamamariza kuba umukuru w’i gihugu cy’u Rwanda, mu matora asigaje igihe gito akaba.

minebwenews by minebwenews
May 8, 2024
in Regional Politics
0
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kigali, Diane Shima yatangaje ko aziyamamariza kuba umukuru w’i gihugu cy’u Rwanda, mu matora asigaje igihe gito akaba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kigali, Diane Shima yatangaje ko aziyamamariza umwanya w’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda mu matora asigaje igihe gito akaba muri icyo gihugu.

You might also like

GATUMBA 22 YEARS LATER: Why Remembering the Banyamulenge Victims of the 2004 Genocide Remains a Sensitive Issue in Burundi — Those Responsible and the Justice Still Awaited

Kinshasa et Bujumbura prépareraient-ils quelque chose dans le secret ? Le général Prime, les avions des FARDC et Erik Prince au cœur des nouvelles interrogations au Sud-Kivu

Kinshasa na Bujumbura Hari Ibyo Bategura Mu Ibanga? Gen. Prime, Indege za FARDC na Erik Prince Bagarutse Mu Ishusho ya Kivu y’Amajyepfo

Ni ubutumwa Diane Shima Rwigara yatanze abunyujije ku rukuta rwe rwa X, yahoze yitwa Twitter.

Yatangaje ko asaba Abanyarwanda kuza motora ndetse no kubamenyesha ko ari umwe biteguye kuzayobora igihugu cy’u Rwanda.

Yagize ati: “Icyiciro gishya cy’Amateka y’u Rwanda gitangiye ubu. Twese hamwe tuzubaka amateka. Ni munshyigikire muri iyi gahunda yo kwiyamamariza kuba perezida.”

Diane Shima Rwigara ni umukobwa wa Assinapol Rwigara wahoze ari umushoramari ukomeye muri iki gihugu cy’u Rwanda, nyuma akaza gupfa mu mwaka w’ 2015 azize impanuka y’imodoka nk’uko byavuzwe muri icyo gihe.

Mu matora y’u mukuru w’igihugu aheruka mu mwaka w’ 2017, Diane yari yashatse kwiyamamaza, ariko ntibyakunda kubera i nama y’igihugu ishinzwe amatora yasanze hari ibyo atujuje kugira ngo yiyamarize uwo mwanya.

Amatora y’u mukuru w’igihugu mu Rwanda ateganijwe kuba mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka.

           MCN.
Tags: Aziyamamariza umwanya w'u mukuru wigihuguDiane Shima RwigaraRwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

GATUMBA 22 YEARS LATER: Why Remembering the Banyamulenge Victims of the 2004 Genocide Remains a Sensitive Issue in Burundi — Those Responsible and the Justice Still Awaited

by Bahanda Bruce
August 13, 2026
0
GATUMBA 22 YEARS LATER: Why Remembering the Banyamulenge Victims of 2004 Remains a Sensitive Issue in Burundi — Those Responsible and the Justice Still Awaited

GATUMBA 22 YEARS LATER: Why Remembering the Banyamulenge Victims of the 2004 Genocide Remains a Sensitive Issue in Burundi — Those Responsible and the Justice Still Awaited Minembwe...

Read moreDetails

Kinshasa et Bujumbura prépareraient-ils quelque chose dans le secret ? Le général Prime, les avions des FARDC et Erik Prince au cœur des nouvelles interrogations au Sud-Kivu

by Bahanda Bruce
August 13, 2026
0
Kinshasa et Bujumbura prépareraient-ils quelque chose dans le secret ? Le général Prime, les avions des FARDC et Erik Prince au cœur des nouvelles interrogations au Sud-Kivu

Kinshasa et Bujumbura prépareraient-ils quelque chose dans le secret ? Le général Prime, les avions des FARDC et Erik Prince au cœur des nouvelles interrogations au Sud-Kivu Minembwe...

Read moreDetails

Kinshasa na Bujumbura Hari Ibyo Bategura Mu Ibanga? Gen. Prime, Indege za FARDC na Erik Prince Bagarutse Mu Ishusho ya Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
August 13, 2026
0
Kinshasa na Bujumbura Hari Ibyo Bategura Mu Ibanga? Gen. Prime, Indege za FARDC na Erik Prince Bagarutse Mu Ishusho ya Kivu y’Amajyepfo

Kinshasa na Bujumbura Hari Ibyo Bategura Mu Ibanga? Gen. Prime, Indege za FARDC na Erik Prince Bagarutse Mu Ishusho ya Kivu y’Amajyepfo Minembwe Capital News Mu gihe intambara...

Read moreDetails

Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he?

by Bahanda Bruce
August 12, 2026
0
Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he?

Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he? Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, aravugwa ko ategerejwe...

Read moreDetails

Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura

Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) I Bujumbura mu Burundi hatangiye inama mpuzamahanga yibanda ku ruhare rw’urubyiruko mu kubaka amahoro,...

Read moreDetails
Next Post
Icyazanye intumwa z’igisirikare cya Tanzania i Kigali mu Rwanda cya menyekanye.

Icyazanye intumwa z'igisirikare cya Tanzania i Kigali mu Rwanda cya menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?