Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu karere ka Bibogobogo, gatuyemo Abanyamulenge kabayemo ubwoba bwinshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 13, 2024
in World News
0
Mu karere ka Bibogobogo, gatuyemo Abanyamulenge kabayemo ubwoba bwinshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu karere ka Bibogobogo, gatuyemo Abanyamulenge kabayemo ubwoba bwinshi.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni bikubiye mu butumwa bwanditse, abaturage bo mu Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bahaye Minembwe Capital News, buvuga ko abaturiye ibyo bice bagize ubwoba bwinshi nyuma y’uko Maï Maï yari yagaragaye muri ibyo bice.

Ubu butumwa Minembwe Capital News yahawe n’abaturage, buvuga ko ubwoba bwabaye mu bice bituyemo Abanyamulenge bya Bibogobogo, nyuma y’uko Maï Maï yari yamaze kugaragara mu duce two mu Gafugwe, kwa Sebasaza no mu Magunga.

Ubwo butumwa bugira buti: “Ubwoba bwabaye bwinshi hano mu Bibogobogo, Maï Maï yazamutse; yagaragaye mu Gafugwe irahava ijabuka kwa Sebasaza.”

Bukomeza bugira buti: “Igihe c’isaha z’u mugoroba iyo Maï Maï yambutse ija ku misozi ya Magunga ivuye kwa Sebasaza.”

Mu byumweru bibiri bishize aha muri Bibogobogo kandi habaye ubwoba ni mu gihe hari havuzwe amakuru yavugaga ko muri ibyo bice haje abarwanyi ba Gumino bavanze na Maï Maï.

Ayo makuru yavuga ko Gumino ivanze na Maï Maï ko ije gushinga ibirindiro muri ibyo bice, ariko aya yaje kuba ibihuha.

Ariko ibyo bikaba mu gihe amezi agiye kuba arenga atandatu nta mirwano ihabera, nyuma y’uko aka karere kagiye kaberamo imirwano ikaze, yanasize isenyeye Abanyamulenge imihana myinshi, harimo n’uko banyazwe Inka zabo.

Kugeza ubu ibyiyo Maï Maï ntibirasobanuka.

                MCN.
Tags: FiziMaï MaïYagaragaye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Abaturage babiri baraye barashwe barakomereka mu Minembwe ho mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Abaturage babiri baraye barashwe barakomereka mu Minembwe ho mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?