Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu karere ka Bibogobogo, gatuyemo Abanyamulenge kabayemo ubwoba bwinshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 13, 2024
in World News
0
Mu karere ka Bibogobogo, gatuyemo Abanyamulenge kabayemo ubwoba bwinshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu karere ka Bibogobogo, gatuyemo Abanyamulenge kabayemo ubwoba bwinshi.

You might also like

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Ni bikubiye mu butumwa bwanditse, abaturage bo mu Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bahaye Minembwe Capital News, buvuga ko abaturiye ibyo bice bagize ubwoba bwinshi nyuma y’uko Maï Maï yari yagaragaye muri ibyo bice.

Ubu butumwa Minembwe Capital News yahawe n’abaturage, buvuga ko ubwoba bwabaye mu bice bituyemo Abanyamulenge bya Bibogobogo, nyuma y’uko Maï Maï yari yamaze kugaragara mu duce two mu Gafugwe, kwa Sebasaza no mu Magunga.

Ubwo butumwa bugira buti: “Ubwoba bwabaye bwinshi hano mu Bibogobogo, Maï Maï yazamutse; yagaragaye mu Gafugwe irahava ijabuka kwa Sebasaza.”

Bukomeza bugira buti: “Igihe c’isaha z’u mugoroba iyo Maï Maï yambutse ija ku misozi ya Magunga ivuye kwa Sebasaza.”

Mu byumweru bibiri bishize aha muri Bibogobogo kandi habaye ubwoba ni mu gihe hari havuzwe amakuru yavugaga ko muri ibyo bice haje abarwanyi ba Gumino bavanze na Maï Maï.

Ayo makuru yavuga ko Gumino ivanze na Maï Maï ko ije gushinga ibirindiro muri ibyo bice, ariko aya yaje kuba ibihuha.

Ariko ibyo bikaba mu gihe amezi agiye kuba arenga atandatu nta mirwano ihabera, nyuma y’uko aka karere kagiye kaberamo imirwano ikaze, yanasize isenyeye Abanyamulenge imihana myinshi, harimo n’uko banyazwe Inka zabo.

Kugeza ubu ibyiyo Maï Maï ntibirasobanuka.

                MCN.
Tags: FiziMaï MaïYagaragaye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

by Bruce Bahanda
July 26, 2025
0
Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika. Intambara ihanganishije Cambodia na Thailand imaze kugwamo abantu 30 barimo n'abasivili abandi n'abo batari bake bamaze kuyikomerekeramo. Ihangana hagati...

Read moreDetails

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails
Next Post
Abaturage babiri baraye barashwe barakomereka mu Minembwe ho mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Abaturage babiri baraye barashwe barakomereka mu Minembwe ho mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?