Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Hamida Chatura Kamerhe, yazamuye isengesho ry’amazamuka nyuma yo gusimba urupfu rw’abashakaga guhirika ubutegetsi bwa Tshilombo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 20, 2024
in Religion
0
Hamida Chatura Kamerhe, yazamuye isengesho ry’amazamuka nyuma yo gusimba urupfu rw’abashakaga guhirika ubutegetsi bwa Tshilombo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugore wa Vital Kamerhe, yazamuye isengesho ry’amazamuka nyuma yo gusimba urupfu.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni Hamida Chatura Kamerhe, umufasha wa Vital Kamerhe wafashe umwanya arasenga, ni mu gihe urufaya rwa masasu rwa bashaka ubuzima bw’umugabo we no guhirika ubutegetsi bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi rwari rumaze guhoha aho n’ejo hashize ku itariki ya 19/05/2025.

Uyu mudamu yavuze ko yumvise urusaku rw’imbunda, kandi ko abarimo kurasa barashe ahantu hose, ndetse ngo baza no kurasa abarinzi babiri babo bahasiga ubuzima.

Kandi ko umwe mu babarindaga urugo rwabo, yabashe kurasa yica abari babateye.

Hamida yavuze ko mbere y’uko baterwa, habanje kuza drone ifata amashusho, kugira ngo bamenye uko uburinzi buhagaze.

Yanavuze ko Kamerhe yabashe kuvugana n’abarinzi be akoresheje telefone amubwira ko ari we bari guhiga.

Umurinzi yagize ati: “Nyakubahwa, ni wowe bashaka, bari kubaza ngo urihe, barenga 40 bafite n’imbunda nyinshi.”

Umugore wa Kamerhe ahita avuga ati: “Aho niho numvise ko iherezo ryacu riri bugufi. Amasasu yariyongereye, ahindura inzu yacu isibaniro ry’urugamba.”

Yavuze ko mu gihe kimara umwanya ungana n’isaha impande zombi zikiri guhangana we n’umugabo we barimo badahadwa ku rwego rwo hejuru.

Yashimiye Imana ko ngo yabarinze urupfu kuko nta mahirwe bari bafite yo kurwigobotora.

Ati: “Ndashima Imana yarekuye umugabo wanjye akava muri gereza ku gihe cyayo, n’iri joro nanone, niyo yohereje ingabo z’ijuru ngo zidukize.”

Abantu benshi barimo n’abo mu bihugu byo mu Burayi bamaganye iki gitero cyari kigamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ibi byanatumye abarwanashyaka bishyaka rya UNC muri kivu y’Epfo birara mu mihanda, bamagana icyo gitero.

Iri shyaka rya Vital Kamerhe ryanasabye ko hakorwa iperereza ry’imbitse ku gira ngo abari nyuma y’iki gitero babiryozwe.

             MCN.
Tags: Gusimbuka urupfuHamid ChaturaImanaIsengeshoKamerheYazamuye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru yagaragaje uko i Kinshasa byifashe nyuma y’uko ingabo z’iki gihugu cya RDC zipfubije ku deta.

Amakuru yagaragaje uko i Kinshasa byifashe nyuma y'uko ingabo z'iki gihugu cya RDC zipfubije ku deta.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?