• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 12, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Hamida Chatura Kamerhe, yazamuye isengesho ry’amazamuka nyuma yo gusimba urupfu rw’abashakaga guhirika ubutegetsi bwa Tshilombo.

minebwenews by minebwenews
May 20, 2024
in Religion
0
Hamida Chatura Kamerhe, yazamuye isengesho ry’amazamuka nyuma yo gusimba urupfu rw’abashakaga guhirika ubutegetsi bwa Tshilombo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugore wa Vital Kamerhe, yazamuye isengesho ry’amazamuka nyuma yo gusimba urupfu.

You might also like

I Gakangala Havugiwe Ubutumwa Bukomeye: Amasengesho y’Abasirikare ba MRDP-Twirwaneho n’Ibyo Imana Yasezeranyije Abanyamulenge

ARMAGEDDON: Aho Amateka y’Intambara Zikomeye Yahuriye n’Ubuhanuzi bwa Bibiliya ku Ntambara ya Nyuma y’Isi

Amarembo y’Umuriro Utazima: Ubwiru bw’Umwobo wa Darvaza umaze imyaka irenga 40 waka hagati mu Butayu

Ni Hamida Chatura Kamerhe, umufasha wa Vital Kamerhe wafashe umwanya arasenga, ni mu gihe urufaya rwa masasu rwa bashaka ubuzima bw’umugabo we no guhirika ubutegetsi bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi rwari rumaze guhoha aho n’ejo hashize ku itariki ya 19/05/2025.

Uyu mudamu yavuze ko yumvise urusaku rw’imbunda, kandi ko abarimo kurasa barashe ahantu hose, ndetse ngo baza no kurasa abarinzi babiri babo bahasiga ubuzima.

Kandi ko umwe mu babarindaga urugo rwabo, yabashe kurasa yica abari babateye.

Hamida yavuze ko mbere y’uko baterwa, habanje kuza drone ifata amashusho, kugira ngo bamenye uko uburinzi buhagaze.

Yanavuze ko Kamerhe yabashe kuvugana n’abarinzi be akoresheje telefone amubwira ko ari we bari guhiga.

Umurinzi yagize ati: “Nyakubahwa, ni wowe bashaka, bari kubaza ngo urihe, barenga 40 bafite n’imbunda nyinshi.”

Umugore wa Kamerhe ahita avuga ati: “Aho niho numvise ko iherezo ryacu riri bugufi. Amasasu yariyongereye, ahindura inzu yacu isibaniro ry’urugamba.”

Yavuze ko mu gihe kimara umwanya ungana n’isaha impande zombi zikiri guhangana we n’umugabo we barimo badahadwa ku rwego rwo hejuru.

Yashimiye Imana ko ngo yabarinze urupfu kuko nta mahirwe bari bafite yo kurwigobotora.

Ati: “Ndashima Imana yarekuye umugabo wanjye akava muri gereza ku gihe cyayo, n’iri joro nanone, niyo yohereje ingabo z’ijuru ngo zidukize.”

Abantu benshi barimo n’abo mu bihugu byo mu Burayi bamaganye iki gitero cyari kigamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ibi byanatumye abarwanashyaka bishyaka rya UNC muri kivu y’Epfo birara mu mihanda, bamagana icyo gitero.

Iri shyaka rya Vital Kamerhe ryanasabye ko hakorwa iperereza ry’imbitse ku gira ngo abari nyuma y’iki gitero babiryozwe.

             MCN.
Tags: Gusimbuka urupfuHamid ChaturaImanaIsengeshoKamerheYazamuye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

I Gakangala Havugiwe Ubutumwa Bukomeye: Amasengesho y’Abasirikare ba MRDP-Twirwaneho n’Ibyo Imana Yasezeranyije Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
I Gakangala Havugiwe Ubutumwa Bukomeye: Amasengesho y’Abasirikare ba MRDP-Twirwaneho n’Ibyo Imana Yasezeranyije Abanyamulenge

I Gakangala Havugiwe Ubutumwa Bukomeye: Amasengesho y’Abasirikare ba MRDP-Twirwaneho n'Ibyo Imana Yasezeranyije Abanyamulenge Abasirikare ba MRDP-Twirwaneho bakoze amasengesho yo kwiyiriza no gusenga mu gikorwa cyabereye i Gakangala, mu...

Read moreDetails

ARMAGEDDON: Aho Amateka y’Intambara Zikomeye Yahuriye n’Ubuhanuzi bwa Bibiliya ku Ntambara ya Nyuma y’Isi

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
ARMAGEDDON: Aho Amateka y’Intambara Zikomeye Yahuriye n’Ubuhanuzi bwa Bibiliya ku Ntambara ya Nyuma y’Isi

ARMAGEDDON: Aho Amateka y’Intambara Zikomeye Yahuriye n’Ubuhanuzi bwa Bibiliya ku Ntambara ya Nyuma y’Isi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Hari amazina y’ahantu ku isi usanga yararenze kure aho aherereye,...

Read moreDetails

Amarembo y’Umuriro Utazima: Ubwiru bw’Umwobo wa Darvaza umaze imyaka irenga 40 waka hagati mu Butayu

by Bahanda Bruce
August 7, 2026
0
Amarembo y’Umuriro Utazima: Ubwiru bw’Umwobo wa Darvaza umaze imyaka irenga 40 waka hagati mu Butayu

Amarembo y’Umuriro Utazima: Ubwiru bw’Umwobo wa Darvaza umaze imyaka irenga 40 waka hagati mu Butayu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu bice byitaruye byo mu Butayu bwa Karakum muri...

Read moreDetails

“Nta Muntu Uhora Hejuru cyangwa Hasi”: Dr Apôtre Paul Gitwaza Yasobanuye Amabanga y’Ibihe by’Umuntu n’Uko Imana Izamura Abayiringira

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
“Nta Muntu Uhora Hejuru cyangwa Hasi”: Dr Apôtre Paul Gitwaza Yasobanuye Amabanga y’Ibihe by’Umuntu n’Uko Imana Izamura Abayiringira

“Nta Muntu Uhora Hejuru cyangwa Hasi”: Dr Apôtre Paul Gitwaza Yasobanuye Amabanga y’Ibihe by’Umuntu n’Uko Imana Izamura Abayiringira Mu nyigisho yatanze, Dr Apôtre Paul Gitwaza, umuyobozi w’itorero Zion...

Read moreDetails

Perezida wa CENCO, Mgr Fulgence Muteba, Yashimangiye ko Amahoro n’Ubwiyunge Bikwiye Gushyirwa Imbere

by Bahanda Bruce
August 3, 2026
0
Perezida wa CENCO, Mgr Fulgence Muteba, Yashimangiye ko Amahoro n’Ubwiyunge Bikwiye Gushyirwa Imbere

Perezida wa CENCO, Mgr Fulgence Muteba, Yashimangiye ko Amahoro n'Ubwiyunge Bikwiye Gushyirwa Imbere Arikiyepisikopi wa Lubumbashi akaba na Perezida w'Inama y'Abepisikopi Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru yagaragaje uko i Kinshasa byifashe nyuma y’uko ingabo z’iki gihugu cya RDC zipfubije ku deta.

Amakuru yagaragaje uko i Kinshasa byifashe nyuma y'uko ingabo z'iki gihugu cya RDC zipfubije ku deta.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?