• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa M23 Bertrand Bisimwa yahishuye icyo M23 yakoze nyuma y’uko yari maze kwigarurira utundi duce two muri teritware ya Rutshuru.

minebwenews by minebwenews
May 30, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa M23 Bertrand Bisimwa yahishuye icyo M23 yakoze nyuma y’uko yari maze kwigarurira utundi duce two muri teritware ya Rutshuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa M23 Bertrand Bisimwa yahishuye icyo M23 yakoze nyuma y’uko yari maze kwigarurira utundi duce two muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu butumwa bwana Bertrand Bisimwa yanyujije ku rukuta rwe rwa x, kuri uyu wa Kane tariki ya 30/05/2024, aho yagaragaje ko amahoro n’umutekano byongeye kuganza mu bice biheruka kubohozwa n’abarwanyi ba M23, abo abereye umuyobozi mukuru.

Muri ubwo butumwa bwa Bertrand Bisimwa buhamya ko agace ka Mirangi ko muri Cheferie ya Bwito, ho muri teritware ya Rutshuru, ko haheruka gufatwa na M23, kandi agaragaza ko aka gace kafashwe n’abarwanyi ba M23 bari bayobowe na Colonel Nsabimana.

Ndetse yongeraho ko nyuma y’uko Colonel Nsabimana yari amaze kwirukana ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, muri ako gace, ko yahise akoresha ikiganiro n’abaturage baturiye aho, maze abizeza kubashakira umutekano n’amahoro arambye.

Nk’uko yabisobanuye n’uko mu bihe ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ryagenzuraga aka gace ka Mirangi abaturage batotezwaga kandi bakakwa imisoro y’umurengera, ndetse kandi iri huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Congo ryagiraga amabariyeri menshi yatumaga abaturage bakwa amafaranga mu gihe babaga bayanyuzeho.

Ibyo nibyo Berterand Bisimwa yavuze ko Colonel Nsabimana yabwiye abaturage baturiye Mirangi ko batazongera kugira undi muntu ubaka imisoro cyangwa ngo abashirireho amabariyeri akomeza kubanyaga ibyabo.

Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa bukomeza buvuga ko amahoro kuri ubu yabaye impamo muri kariya gace ka Mirangi, kandi ko abaturage b’abasivile bagiye kwisanzura mu bikorwa byabo byaburi munsi, ngo kubera ko umwanzi yirukanwe muri ako gace.

Ubu butumwa busoza buvuga ko M23 iri gukora ibishoboka byose kugira ngo icecekeshe imbunda zitera abasivile kugira umutekano muke, ko kandi vuba ibyo M23 iharanira izabigeraho bidatinze.

Tubibutsa ko agace ka Mirangi kafashwe ku wa Kabiri ahagana isaha z’umugoroba wajoro, nyuma y’uko M23 yari maze gufata utundi duce two muri Grupema ya Kanyabayonga, muri teritware ya Rutshuru.

Kugeza ubu M23 iri gukomeza kuja imbere ari nako yirukana abo bahanganye nabo, aribo FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro, FARDC na SADC.

              MCN.
Tags: Berterand BisimwaGufata MirangiNyuma y'uko yari mazeYahishuye icyo M23 yakoze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi wo hejuru mu gihugu cy’u Rwanda, James Kabarebe yavuze icyo M23 irwanira nicyo abayirwanya bayiziza.

Umuyobozi wo hejuru mu gihugu cy'u Rwanda, James Kabarebe yavuze icyo M23 irwanira nicyo abayirwanya bayiziza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?