• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa M23 Bertrand Bisimwa yahishuye icyo M23 yakoze nyuma y’uko yari maze kwigarurira utundi duce two muri teritware ya Rutshuru.

minebwenews by minebwenews
May 30, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa M23 Bertrand Bisimwa yahishuye icyo M23 yakoze nyuma y’uko yari maze kwigarurira utundi duce two muri teritware ya Rutshuru.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa M23 Bertrand Bisimwa yahishuye icyo M23 yakoze nyuma y’uko yari maze kwigarurira utundi duce two muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni mu butumwa bwana Bertrand Bisimwa yanyujije ku rukuta rwe rwa x, kuri uyu wa Kane tariki ya 30/05/2024, aho yagaragaje ko amahoro n’umutekano byongeye kuganza mu bice biheruka kubohozwa n’abarwanyi ba M23, abo abereye umuyobozi mukuru.

Muri ubwo butumwa bwa Bertrand Bisimwa buhamya ko agace ka Mirangi ko muri Cheferie ya Bwito, ho muri teritware ya Rutshuru, ko haheruka gufatwa na M23, kandi agaragaza ko aka gace kafashwe n’abarwanyi ba M23 bari bayobowe na Colonel Nsabimana.

Ndetse yongeraho ko nyuma y’uko Colonel Nsabimana yari amaze kwirukana ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, muri ako gace, ko yahise akoresha ikiganiro n’abaturage baturiye aho, maze abizeza kubashakira umutekano n’amahoro arambye.

Nk’uko yabisobanuye n’uko mu bihe ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ryagenzuraga aka gace ka Mirangi abaturage batotezwaga kandi bakakwa imisoro y’umurengera, ndetse kandi iri huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Congo ryagiraga amabariyeri menshi yatumaga abaturage bakwa amafaranga mu gihe babaga bayanyuzeho.

Ibyo nibyo Berterand Bisimwa yavuze ko Colonel Nsabimana yabwiye abaturage baturiye Mirangi ko batazongera kugira undi muntu ubaka imisoro cyangwa ngo abashirireho amabariyeri akomeza kubanyaga ibyabo.

Ubutumwa bwa Bertrand Bisimwa bukomeza buvuga ko amahoro kuri ubu yabaye impamo muri kariya gace ka Mirangi, kandi ko abaturage b’abasivile bagiye kwisanzura mu bikorwa byabo byaburi munsi, ngo kubera ko umwanzi yirukanwe muri ako gace.

Ubu butumwa busoza buvuga ko M23 iri gukora ibishoboka byose kugira ngo icecekeshe imbunda zitera abasivile kugira umutekano muke, ko kandi vuba ibyo M23 iharanira izabigeraho bidatinze.

Tubibutsa ko agace ka Mirangi kafashwe ku wa Kabiri ahagana isaha z’umugoroba wajoro, nyuma y’uko M23 yari maze gufata utundi duce two muri Grupema ya Kanyabayonga, muri teritware ya Rutshuru.

Kugeza ubu M23 iri gukomeza kuja imbere ari nako yirukana abo bahanganye nabo, aribo FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro, FARDC na SADC.

              MCN.
Tags: Berterand BisimwaGufata MirangiNyuma y'uko yari mazeYahishuye icyo M23 yakoze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi wo hejuru mu gihugu cy’u Rwanda, James Kabarebe yavuze icyo M23 irwanira nicyo abayirwanya bayiziza.

Umuyobozi wo hejuru mu gihugu cy'u Rwanda, James Kabarebe yavuze icyo M23 irwanira nicyo abayirwanya bayiziza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?