• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu nkengero za Kanyabayonga, haje kuboneka agahenge isaha z’umugoroba, nyuma y’uko hari habaye urugamba rukomeye cyane.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2024
in Regional Politics
0
Mu nkengero za Kanyabayonga, haje kuboneka agahenge isaha z’umugoroba, nyuma y’uko hari habaye urugamba rukomeye cyane.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Isaha z’umugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, mu nkengero za Kanyabayonga habonetse agahenge nyuma y’urugamba rukaze rwabaye isaha zakare, rwahuzaga M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Imirwano yo kuri uyumunsi ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, rwarimo ingabo z’iki gihugu, FARDC, Ingabo za Monusco, ingabo z’u Burundi, SADC, FDLR, Abacanshuro, FDLR na Wazalendo, aho uru ruhande rwa leta ya Congo, rwahise rwihuza mu ku rwanya M23.

Amakuru Minembwe Capital News ikesha abaturage baturiye ibyo bice avuga ko iyi mirwano yabaye none yabereye mu gace ka Lusogha no ku misozi ya Armoires. Aha akaba ari mu marembo ya centre ya Kanyabayonga muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Kugeza ubu centre ya Kanyabayonga iracyarimo ihuriro ry’Ingabo za RDC, Monusco, SADC, FDLR, Abacanshuro, FARDC na Wazalendo ndetse n’Ingabo z’u Burundi.

Nk’uko iyi nkuru ivuga n’uko uru rugamba rwatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nebyiri z’igitondo igeze igihe c’isaha ya saa sita zamanywa irahagarara.

Gusa, ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi habaye uguhuzagurika ni mu gihe ingabo zo muri urwo ruhande zahungaga kubi, ndetse zikaba zatswe ibikoresho by’agisirikare birimo n’imbunda zirasa kure, nk’uko aba baturage baturiye ibyo bice bakomeje bababwira Minembwe Capital News.

Hagati aho mu bice byo muri teritware ya Masisi ahagize igihe habera intambara, mu nkengero za Sake havuzwe ituze n’ubwo igihe c’isaha za saa tanu humvikanye imbunda muduce two ku misozi yu namiye Centre ya Sake.

Ibindi bice byo muri iyi teritwari ya Masisi naho haranzwe n’ituze.

MCN.

Tags: ItuzeKanyabayongaNyuma y'urugamba rukaze rwabaye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe ko Abanyekongo bize n’abatarize batizera kimwe ku ngamba zifatwa na perezida Félix Tshisekedi zo kurwanya M23.

Hagaragajwe ko Abanyekongo bize n'abatarize batizera kimwe ku ngamba zifatwa na perezida Félix Tshisekedi zo kurwanya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?