Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe amakuru mashya y’inyeshamba ninshi z’ikindi gihugu, zahungiye muri RDC zifite n’imbunda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 3, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe amakuru mashya y’inyeshamba ninshi z’ikindi gihugu, zahungiye muri RDC zifite n’imbunda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inyeshamba ninshi zirwanya ubutegetsi bwa leta ya Centrafrique zahungiye mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe n’umuyobozi wa teritware ya Ango ho mu Ntara ya Bas-Uele, mu gihugu cya Congo Kinshasa.

Yavuze ko abarwanyi benshi barwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Centrafrique ko bisutse ku bwinshi ku butaka bw’iki gihugu cya RDC.

Avuga kandi ko izi nyeshamba zimaze iminsi irenga irindwi ziri guhungira muri ibi bice zihunze ibitero zagabweho n’igisirikare cya Centrafrique zifatanije n’izu Burusiya.

Yakomeje avuga ko izi nyeshamba ko zimaze kugera mu bice byinshi byo muri iy’i Ntara ya Bas-Uele, avuga ko zahageze zivuye ahitwa Zemio na Mboki, muri Centrafrique.

Yagize ati: “Inyeshamba zo muri Centrafrique zinjiye ku butaka bwacu zivuye muri Zemio na Mboki. Zimwe zinjiriye ku mupaka wa Congo na Centrafrique muri teritware ya Ango, izindi zinjirira muri teritware ya Bondo. Mu minsi mike ishize, Abarusiya n’Ingabo za Centrafrique bemeranyije ku rwanya izi nyeshamba zikorera muri Zamio na Mboki.”

Bivugwa ko izi nyeshamba ko zatangiye guhungabanya bikomeye umutekano wo muri izi teritwari, kuko ngo abazituyemo batewe ubwoba n’imbunda ziri kwinjirana.

Yagize ati: “Umutekano wahungabanye cyane muri Ango na Bondo, abaturage bafite ubwoba kuko izo nyeshamba zambuka, ziba zifite amasasu n’imbunda mu ntoki.”

Abaturage baturiye ibyo bice banabwiye itangaza makuru ko izi nyeshamba ziri gushimuta Abanyakongo, ndetse kandi ngo zigasahura imiti mu mavuriro n’ibindi.

             MCN.
Tags: InyeshambaKu butaka bwa RDCZa CentrafriqueZinjiye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umugore niwe watsinze amatora yo mu gihugu cya Mexique, bikaba binabaye ubwa mbere kuva iki gihugu cyabona ubwigenge mu myaka 200 ishize.

Umugore niwe watsinze amatora yo mu gihugu cya Mexique, bikaba binabaye ubwa mbere kuva iki gihugu cyabona ubwigenge mu myaka 200 ishize.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?