• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe amakuru mashya y’inyeshamba ninshi z’ikindi gihugu, zahungiye muri RDC zifite n’imbunda.

minebwenews by minebwenews
June 3, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe amakuru mashya y’inyeshamba ninshi z’ikindi gihugu, zahungiye muri RDC zifite n’imbunda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inyeshamba ninshi zirwanya ubutegetsi bwa leta ya Centrafrique zahungiye mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni byatangajwe n’umuyobozi wa teritware ya Ango ho mu Ntara ya Bas-Uele, mu gihugu cya Congo Kinshasa.

Yavuze ko abarwanyi benshi barwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Centrafrique ko bisutse ku bwinshi ku butaka bw’iki gihugu cya RDC.

Avuga kandi ko izi nyeshamba zimaze iminsi irenga irindwi ziri guhungira muri ibi bice zihunze ibitero zagabweho n’igisirikare cya Centrafrique zifatanije n’izu Burusiya.

Yakomeje avuga ko izi nyeshamba ko zimaze kugera mu bice byinshi byo muri iy’i Ntara ya Bas-Uele, avuga ko zahageze zivuye ahitwa Zemio na Mboki, muri Centrafrique.

Yagize ati: “Inyeshamba zo muri Centrafrique zinjiye ku butaka bwacu zivuye muri Zemio na Mboki. Zimwe zinjiriye ku mupaka wa Congo na Centrafrique muri teritware ya Ango, izindi zinjirira muri teritware ya Bondo. Mu minsi mike ishize, Abarusiya n’Ingabo za Centrafrique bemeranyije ku rwanya izi nyeshamba zikorera muri Zamio na Mboki.”

Bivugwa ko izi nyeshamba ko zatangiye guhungabanya bikomeye umutekano wo muri izi teritwari, kuko ngo abazituyemo batewe ubwoba n’imbunda ziri kwinjirana.

Yagize ati: “Umutekano wahungabanye cyane muri Ango na Bondo, abaturage bafite ubwoba kuko izo nyeshamba zambuka, ziba zifite amasasu n’imbunda mu ntoki.”

Abaturage baturiye ibyo bice banabwiye itangaza makuru ko izi nyeshamba ziri gushimuta Abanyakongo, ndetse kandi ngo zigasahura imiti mu mavuriro n’ibindi.

             MCN.
Tags: InyeshambaKu butaka bwa RDCZa CentrafriqueZinjiye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Umugore niwe watsinze amatora yo mu gihugu cya Mexique, bikaba binabaye ubwa mbere kuva iki gihugu cyabona ubwigenge mu myaka 200 ishize.

Umugore niwe watsinze amatora yo mu gihugu cya Mexique, bikaba binabaye ubwa mbere kuva iki gihugu cyabona ubwigenge mu myaka 200 ishize.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?