• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibindi wamenya ku ngabo ninshi zo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zapfuye, ubwo M23 yarimaze gufata imihanda ibiri, yinjira Kanyabayonga .

minebwenews by minebwenews
June 11, 2024
in Regional Politics
0
Ibindi wamenya ku ngabo ninshi zo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zapfuye, ubwo M23 yarimaze gufata imihanda ibiri, yinjira Kanyabayonga .
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba FARDC bazwi nk’i bitangaza ku rugamba, abasaga 50 bo muribo bahasize ubuzima mu mirwano ikomeje mu nkengero za Kanyabayonga, aho bahanganye n’umutwe wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni abarwanyi badasanzwe bo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, bazwi nka “Hiboux” bapfiriye mu ntambara igize iminsi ibera mu duce dukikije centre ya Kanyabayonga, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Bivugwa ko ingabo za M23 zigize igihe zihangayikishije ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, zanyarutse maze zinjira mu mujyi wa Kanyabayonga, ndetse zigira n’agace ku yu mujyi zifata, nyuma y’uko abasirikare benshi bo muri Hiboux bo ku ruhande rwa FARDC bari bamaze kuhasiga ubuzima.

Aba baturage banabwiye MCN ko abasirikare bo mu mutwe wa Hiboux ko ahanini baguye mu mirwano yabereye ku mihanda ibiri, M23 yari maze ku bohoza yinjira muri Kanyabayonga, ari yo uva i Rwindi n’uturuka i Kibirizi.

Iy’imihanda ibiri ikaba yari rinzwe mu buryo budasanzwe, irinzwe na Hiboux hamwe n’izindi ngabo zirwana ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi.

Nubwo biruko ariko ingabo za SADC zirwanirira leta ya Kinshasa ziracyagenzura umuhanda umwe winjira muri Kanyabayonga uhuza Kaïna na Butembo.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko ihuriro ry’Ingabo za RDC ko zikomeje gutera ibisasu biremereye ariko zikabyohereza buhumyi.

Kandi ko iri huriro riri kurasisha ibibunda byo mu bwoko bwa Kateusha, BM, Saba Saba n’izindi bifashisha barasa mu ntera ndende.

Ku mugoroba w’ejo hashize ahagana isaha ya saa kumi, abasirikare ba FARDC n’abambari bayo bakoresheje imbuga zarutura, maze M23 iza kubarasa ikoresheje drone irasamo barindwi bakoreshaga izo mbunda z’ibifaru.

Ni mu gihe kandi abasirikare ba FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro, na SADC, ku Cyumweru gishize bapfushije abagera kuri 40 isaga.

Gusa kugeza ubu uruhande rwa leta ruracyatangaza ko rukigenzura umujyi wa Kanyabayonga, nubwo hari agace kayo kamaze kuja mu maboko ya M23.

Abaturage bakomeje bavuga ko M23 isigaje gufata umujyi wose, ariko ko ibindi bice byose ibifite.

Kandi amakuru avuga ko M23 ikomeje kurusha cyane imbaraga abarwanirira ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Mu Cyumweru gishize nibwo ingabo z’u muryango w’Abibumbye, Monusco, nazo zinjiye mu mirwano kugira ngo zifashye ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa (Wazalendo, FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na SADC).

Iy’i mirwano ikomeye yo gufata centre ya Kanyabayonga imaze iminsi irenga icumi ibera muri ibyo bice. M23 imaze kuyifatamo ibice byinshi ibyambura iri huriro ry’ingabo za RDC.

            MCN.
Tags: GufataHibouxKanyaboyongaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Malawi cyagize icyo kivuga ku bisigazwa by’indege yari twaye visi perezida wa Malawi, byatoraguwe.

Igisirikare cya Malawi cyagize icyo kivuga ku bisigazwa by'indege yari twaye visi perezida wa Malawi, byatoraguwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?