• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibindi wamenya ku ngabo ninshi zo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zapfuye, ubwo M23 yarimaze gufata imihanda ibiri, yinjira Kanyabayonga .

minebwenews by minebwenews
June 11, 2024
in Regional Politics
0
Ibindi wamenya ku ngabo ninshi zo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zapfuye, ubwo M23 yarimaze gufata imihanda ibiri, yinjira Kanyabayonga .
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba FARDC bazwi nk’i bitangaza ku rugamba, abasaga 50 bo muribo bahasize ubuzima mu mirwano ikomeje mu nkengero za Kanyabayonga, aho bahanganye n’umutwe wa M23.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni abarwanyi badasanzwe bo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, bazwi nka “Hiboux” bapfiriye mu ntambara igize iminsi ibera mu duce dukikije centre ya Kanyabayonga, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Bivugwa ko ingabo za M23 zigize igihe zihangayikishije ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, zanyarutse maze zinjira mu mujyi wa Kanyabayonga, ndetse zigira n’agace ku yu mujyi zifata, nyuma y’uko abasirikare benshi bo muri Hiboux bo ku ruhande rwa FARDC bari bamaze kuhasiga ubuzima.

Aba baturage banabwiye MCN ko abasirikare bo mu mutwe wa Hiboux ko ahanini baguye mu mirwano yabereye ku mihanda ibiri, M23 yari maze ku bohoza yinjira muri Kanyabayonga, ari yo uva i Rwindi n’uturuka i Kibirizi.

Iy’imihanda ibiri ikaba yari rinzwe mu buryo budasanzwe, irinzwe na Hiboux hamwe n’izindi ngabo zirwana ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi.

Nubwo biruko ariko ingabo za SADC zirwanirira leta ya Kinshasa ziracyagenzura umuhanda umwe winjira muri Kanyabayonga uhuza Kaïna na Butembo.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko ihuriro ry’Ingabo za RDC ko zikomeje gutera ibisasu biremereye ariko zikabyohereza buhumyi.

Kandi ko iri huriro riri kurasisha ibibunda byo mu bwoko bwa Kateusha, BM, Saba Saba n’izindi bifashisha barasa mu ntera ndende.

Ku mugoroba w’ejo hashize ahagana isaha ya saa kumi, abasirikare ba FARDC n’abambari bayo bakoresheje imbuga zarutura, maze M23 iza kubarasa ikoresheje drone irasamo barindwi bakoreshaga izo mbunda z’ibifaru.

Ni mu gihe kandi abasirikare ba FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro, na SADC, ku Cyumweru gishize bapfushije abagera kuri 40 isaga.

Gusa kugeza ubu uruhande rwa leta ruracyatangaza ko rukigenzura umujyi wa Kanyabayonga, nubwo hari agace kayo kamaze kuja mu maboko ya M23.

Abaturage bakomeje bavuga ko M23 isigaje gufata umujyi wose, ariko ko ibindi bice byose ibifite.

Kandi amakuru avuga ko M23 ikomeje kurusha cyane imbaraga abarwanirira ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Mu Cyumweru gishize nibwo ingabo z’u muryango w’Abibumbye, Monusco, nazo zinjiye mu mirwano kugira ngo zifashye ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa (Wazalendo, FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na SADC).

Iy’i mirwano ikomeye yo gufata centre ya Kanyabayonga imaze iminsi irenga icumi ibera muri ibyo bice. M23 imaze kuyifatamo ibice byinshi ibyambura iri huriro ry’ingabo za RDC.

            MCN.
Tags: GufataHibouxKanyaboyongaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Malawi cyagize icyo kivuga ku bisigazwa by’indege yari twaye visi perezida wa Malawi, byatoraguwe.

Igisirikare cya Malawi cyagize icyo kivuga ku bisigazwa by'indege yari twaye visi perezida wa Malawi, byatoraguwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?