• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byagaragajwe ko Isi iri mu kaga gakomeye, hatangazwa icya korwa mu maguru mashya.

minebwenews by minebwenews
June 22, 2024
in Regional Politics
0
Byagaragajwe ko Isi iri mu kaga gakomeye, hatangazwa icya korwa mu maguru mashya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byagaragajwe ko Isi iri mu kaga gakomeye, hatangazwa icya korwa mu maguru mashya.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni mu butumwa bwatanzwe n’umunyabaanga mukuru w’u muryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yavuze ko Isi iri mu kaga gakomeye asaba ko hakwiye gushakwa igisubizo ku makimbirane ari hagati ya Israel na Hezbollah ashobora kubyara intambara ikomeye.

Aharejo tariki ya 21/06/2024, nibwo Antonio Guterres yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, agaragaza ko ibi avuga ko Isi idakwikiye kubona Lebanon iba nka Gaza, asanga bishobora guteza amakuba nyambukiranyamipaka, bityo akangurira izi mpande zombi guharanira amahoro.

Yagize ati: “Isi igomba kuvuga mu ijwi riranguruye kandi mu buryo bweruye, guhita bivaho ntibishoboka gusa ni ngombwa. Si ngombwa gukoresha igisubizo cya gisirikare.”

Yakomeje avuga ko abantu benshi bamaze kubura ubuzima bwabo ndetse ko abandi birukanwa mu ngo zabo haba muri Lebanoni na Israel.

Guterres yongeyeho ko ingabo z’umuryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro ku Isi zimaze gukora ibishoboka ngo amakimbirane arangire no gufasha gukumira.

Tariki ya 19/06/2024, umuyobozi w’ingabo z’Abashiya, Hassan Nassrahllah yateguje ko Hezbollah yiteguye guhangana mu ntambara na Israel kandi ko ishobora gutera Intara y’Amajyaruguru y’icyo gihugu, mu gihe haramutse hiyongereyeho.

Ibi byatumye nyuma y’uko umwe mu bayobozi bakuru b’iryo tsinda, Hajj Sami Taleb Abdullah yiciwe mu gitero Israel yagabye mu majyepfo ya Lebanon mu Cyumweru gishize.

Ni mu gihe kandi muri iki Cyumweru, minisitiri w’u banye n’amahanga wa Israel, Israel Katz yaburiye ko igihugu cye kiri hafi guhindura amabwiriza y’umukino wabo wo kurwanya umutwe w’Abashyiya.

           MCN.....
Tags: Antonio GuterresIsi iri mu kagaIsraelLebanoni
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku batumva imiyoborere ye.

Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku batumva imiyoborere ye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?