• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Judith Suminwa minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yunze murya Tshisekedi ryo gutera u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
June 28, 2024
in Regional Politics
0
Judith Suminwa minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yunze murya Tshisekedi ryo gutera u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Judith Suminwa minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yunze murya Tshisekedi ryo gutera u Rwanda.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Nibyo Judith Suminwa yatangarije i Goma, ubwo yari muruzinduko rwa mbere agiriye muri uyu mujyi mu kuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ahagize igihe habera intambara ihanganishije Ingabo z’iki guhugu n’izo mu mutwe wa m23.

Uru ruzinduko rwa minisitiri w’intebe wa Congo i Goma rwabaye ku wa Gatatu, tariki ya 26/06/2024. Ari i Goma yavuze ko abateye Igihugu cye, atavuze abo ari bo bazabakurikirana mupaka iwabo.

Leta ya Kinshasa ihora ishinja Kigali gutera iki guhugu iciye mu mutwe wa m23, ibyo leta y’u Rwanda yahakanye ivuga ko iki ari ikibazo cy’abanyecongo ubwabo, ndetse hubwo kandi ibashinja gukona byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa fdlr urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda mu 1994.

Mu ijoro ryo ku wa Gatatu Judith Suminwa yabwiye amatsinda y’abahagarariye inzego z’itandukanye zari zatumiwe ku cicaro cy’iyi Ntara mu mujyi wa Goma ko uruzindiko rwe rwa mbere nka minisitiri w’intebe yahisemo kuruhera mu gace k’igihugu karimo intambara kuko ari ikibazo Guverinoma ye ishyize imbere muku gishakira umuti.

Avuga kuri iyi ntambara, yavuze ko abateye igihugu cye bazabakurikirana .

Yagize ati: “Ntabwo tuzabareka, tuzakomeza, tuzakomereza iwabo mu buryo bumwe cyangwa ubundi, ntabwo tuzabareka.”

Ibiro ntara makuru bya Congo ACP nabyo ubwabyo byatangaje ko Suminwa, yavuze ko ingabo za leta zirimo kongererwa ubushobozi kugira ngo zibashe guhashya umutwe wa m23.”

Judith Suminwa yavuze ko atari ubwa mbere ageze muri aka gace, ariko ko ari ubwa mbere ahageze nka minisitiri w’intebe, ati: “Byari byo kugira ngo mpere hano kuko, ibibazo bihari turabizi ariko ni ingenzi kwiyizira, ngahura n’abaturage, n’abategetsi ba hano nkabasha kuganira nabo.”

Judith yijeje abaturage ko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (fardc) hari gukorwa ibishoboka byose mu ku cyongera ubushobozi ngo kibashye gutsinda iyi ntambara kirimo mu bice bitandukanye by’iyi Ntara ya Kivu Yaruguru, aha maze iminsi habera urugamba rwo guhangana n’u mutwe wa m23.

Ibyo bibaye mu gihe hashize igihe cy’u kwezi, ku rugamba nta ntambwe ikomeye iterwa ku ruhande urwo ari rwo rwose, mu kwigarurira cyangwa kwisubiza uduce runaka.

Gusa abaturage bo barahunga umunsi ku wundi, bava mu byabo bahunga berekeza i Goma, no mu nkengero zayo, aho benshi baba mu nkambi z’impunzi.

Judith Suminwa yageze i Goma ku mugoroba wo ku wa Gatatu aturutse i Bukavu aho yari yatangiriye uru ruzinduko rwe rw’akazi, ari kumwe kandi na minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi, minisitiri w’ingengo y’imari na minisitiri w’itangaza makuru akaba n’umuvuguzi wa leta, Patrick Muyaya.

                 MCN.
Tags: Abateye igihuguGomaJudith SuminwaMinisitiri w'intebeRdcTuzabakurikirana
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe uburyo FDLR na  FARDC bikorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda.

Hagaragajwe uburyo FDLR na FARDC bikorana byahafi n'umutwe w'iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?