• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Apostle Dr Paul Gitwaza yagize icyavuga ku bwitange ababohoye i gihugu cy’u Rwanda bitanze, kandi arabashimira byimazeyo.

minebwenews by minebwenews
July 5, 2024
in Regional Politics
0
Apostle Dr Paul Gitwaza yagize icyavuga ku bwitange ababohoye i gihugu cy’u Rwanda bitanze, kandi arabashimira byimazeyo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Apostle Dr Paul Gitwaza yagize icyavuga ku bwitange ababohoye i gihugu cy’u Rwanda bitanze, kandi arabashimira byimazeyo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ku munsi w’ejo hashize, itariki ya 04/07/2024 u Rwanda rwibutse ku nshuro ya 30, umunsi wo kwibohora.

Uyumunsi ku Banyarwanda ni umunsi udasanzwe, kuko ariho ingoyi yacitse, abari ishyanga bagataha mu cyababyeye.

Dr Gitwaza umushumba w’itorero rya Zion Temple mu kwifatanya n’Abanyarwanda, akoresheje imbuga nkoranya mbaga, yavuze ko umuhate w’abitangiye igihugu utabaye imfabusa.

Yagize ati: “Uyu munsi mu gihugu cyacu cy’u Rwanda turizihiza imyaka 30 yo kwibohora. Turashima Imana ku bwumudendezo yaduhaye, tugashima Imana abagabo n’abagore b’intwari bahagurukiye kwitangira amahoro n’umudendezo w’i Gihugu cyacu.”

Yakomeje avuga ati: “Icyuya cyabo, amaraso yabo ndetse n’ubuzima bwabo ntibyabaye imfabusa. Tuzahora tuzirikana ibitambo batanze ndetse tunubahisha ubuzima bwabo.”

Amateka yo ku bohora igihugu atangirira ku mupaka wa Kagitumba mu karere ka Nyagatare, aho ingabo za RPF zinjiriye tariki ya 01/10/1990.

Ni urugamba rutoroheye RPF Inkotanyi kuko bamwe mu bayobozi bakomeye mu zari ingabo zayo bishwe n’umwanzi.

Uwari Umugaba mukuru, Intwari Gen Major Fred Gisa Rwigema, Major Chris Bunyenyezi na Major Peter Bayingana barashwe n’ingabo z’umwanzi(Ex-Far).

Ariko ibyo ntibyaciye intege RPF Inkotanyi kuko urugamba rwarakomeje ruyobowe na Major Gen Paul Kagame icyo gihe, yari avuye muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika araruyobora kugeza igihe intsinzi ibonekeye. Genocide irahagarara ndetse u Rwanda rwongera kubona amahoro n’umutekano.

             MCN.
Tags: Dr Gitwaza umushumba w'itorero rya Zion TempleU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abakuwe mu byabo bari mu nkambi yahitwa DGDA muri  Goma bakoze imyigarambyo basaba umutekano.

Abakuwe mu byabo bari mu nkambi yahitwa DGDA muri Goma bakoze imyigarambyo basaba umutekano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?