• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, May 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Apostle Dr Paul Gitwaza yagize icyavuga ku bwitange ababohoye i gihugu cy’u Rwanda bitanze, kandi arabashimira byimazeyo.

minebwenews by minebwenews
July 5, 2024
in Regional Politics
0
Apostle Dr Paul Gitwaza yagize icyavuga ku bwitange ababohoye i gihugu cy’u Rwanda bitanze, kandi arabashimira byimazeyo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Apostle Dr Paul Gitwaza yagize icyavuga ku bwitange ababohoye i gihugu cy’u Rwanda bitanze, kandi arabashimira byimazeyo.

You might also like

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

Ni ku munsi w’ejo hashize, itariki ya 04/07/2024 u Rwanda rwibutse ku nshuro ya 30, umunsi wo kwibohora.

Uyumunsi ku Banyarwanda ni umunsi udasanzwe, kuko ariho ingoyi yacitse, abari ishyanga bagataha mu cyababyeye.

Dr Gitwaza umushumba w’itorero rya Zion Temple mu kwifatanya n’Abanyarwanda, akoresheje imbuga nkoranya mbaga, yavuze ko umuhate w’abitangiye igihugu utabaye imfabusa.

Yagize ati: “Uyu munsi mu gihugu cyacu cy’u Rwanda turizihiza imyaka 30 yo kwibohora. Turashima Imana ku bwumudendezo yaduhaye, tugashima Imana abagabo n’abagore b’intwari bahagurukiye kwitangira amahoro n’umudendezo w’i Gihugu cyacu.”

Yakomeje avuga ati: “Icyuya cyabo, amaraso yabo ndetse n’ubuzima bwabo ntibyabaye imfabusa. Tuzahora tuzirikana ibitambo batanze ndetse tunubahisha ubuzima bwabo.”

Amateka yo ku bohora igihugu atangirira ku mupaka wa Kagitumba mu karere ka Nyagatare, aho ingabo za RPF zinjiriye tariki ya 01/10/1990.

Ni urugamba rutoroheye RPF Inkotanyi kuko bamwe mu bayobozi bakomeye mu zari ingabo zayo bishwe n’umwanzi.

Uwari Umugaba mukuru, Intwari Gen Major Fred Gisa Rwigema, Major Chris Bunyenyezi na Major Peter Bayingana barashwe n’ingabo z’umwanzi(Ex-Far).

Ariko ibyo ntibyaciye intege RPF Inkotanyi kuko urugamba rwarakomeje ruyobowe na Major Gen Paul Kagame icyo gihe, yari avuye muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika araruyobora kugeza igihe intsinzi ibonekeye. Genocide irahagarara ndetse u Rwanda rwongera kubona amahoro n’umutekano.

             MCN.
Tags: Dr Gitwaza umushumba w'itorero rya Zion TempleU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations Le président de la République démocratique du Congo, Félix Tshisekedi, a reçu l’émissaire spécial du...

Read moreDetails

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yakiriye intumwa yihariye ya Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni,...

Read moreDetails

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu Muri iyi minsi, mu Burundi hongeye kuvugwa amakuru n’ibihuha bivuga ko...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye Perezida wa Kenya, , ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Tanzania rwatangiye ku wa Mbere tariki...

Read moreDetails

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko umubano w’u Rwanda na Tanzania ukomeje gushingira...

Read moreDetails
Next Post
Abakuwe mu byabo bari mu nkambi yahitwa DGDA muri  Goma bakoze imyigarambyo basaba umutekano.

Abakuwe mu byabo bari mu nkambi yahitwa DGDA muri Goma bakoze imyigarambyo basaba umutekano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?