• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bamwe mu Barundi bavuga rikijana, basabye perezida Evariste Ndayishimiye w’iki gihugu kwegura.

minebwenews by minebwenews
July 7, 2024
in Regional Politics
0
Bamwe mu Barundi bavuga rikijana, basabye perezida Evariste Ndayishimiye w’iki gihugu kwegura.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bamwe mu Barundi bavuga rikijana, basabye perezida Evariste Ndayishimiye w’iki gihugu kwegura.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni mu kiganiro umunyamakuru uzwi cyane mu Burundi, Athanase Karayenga yagiranye n’iradiyo ya Peace FM ijwi ry’urubyiruko(urwaruka); ikiganiro cyabaye ku itariki ya 04/07/2024.

Muri iki kiganiro Athanase Karayenga yasabye ko umukuru w’igihugu cy’u Burundi ya kwegura kandi ko mu gihe yanze kuva ku ngoma Abarundi atari abana bazamenya icyo gukora, kugira ngo batunganye igihugu cyabo Imana yabihereye.

Uyu munyamakuru yasobanuye ko perezida Evariste Ndayishimiye yemeye akava ku mwanya w’umukuru w’igihugu hari ibintu byinshi byohita bija ku murongo, ndetse kandi ibihugu by’Amahanga n’Abarundi bakamwubahira icyo gikorwa.

Nk’uko yarimo abisobanura yavuze ko igituma asaba Evariste Ndayishimiye kwegura, ngo n’uko yahemukiye iki gihugu, aho avuga ko Abarundi bakwiye ku byibazaho kugira ngo ba mweguze mu gihe yabyanze.

Athanase Karayenga muri iki kiganiro kandi yavuze ko perezida niyamara kwegura, Agatho Rwasa cyangwa Frederic Bavuginyumvira, umwe muribo yahita afata ubutegetsi, mu gihe cy’umvikanyweho nabose, maze hagategurwa amatora yo gutora perezida mushya.

Iki kiganiro cyabaye mu gihe igihugu cy’u Burundi cyugarijwe n’ibibazo bidasanzwe mu nzego ninshi kandi zitandukanye. Ahanini muri iki gihugu bafite ibibazo birimo ubukene, Inzara ndetse kandi kibuze n’ibikomoka kuri peteroli.

             MCN.
Tags: Athanase KarayengaEvariste NdayishimiyeKwegura
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
AFC ya Corneille Nangaa, yasusurukije abaturage ba turiye i Lubero mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

AFC ya Corneille Nangaa, yasusurukije abaturage ba turiye i Lubero mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?