Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Impande zihanganye zarenze ku masezerano zirwana urugamba rukomeye muri teritware ya Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 11, 2024
in World News
0
Impande zihanganye zarenze ku masezerano zirwana urugamba rukomeye muri teritware ya Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impande zihanganye zarenze ku masezerano zirwana urugamba rukomeye muri teritware ya Masisi.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

N’ejo hashize igihe c’isaha z’igitondo, nibwo imirwano y’ubuye mu buryo bukomeye hagati ya M23 n’igisirikare kirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, mu bice biherereye muri teritware ya Masisi.

Iy’i mirwano, nk’uko amasoko yacu atandukanye abivuga, yabereye mu gace ka Nyange na Nyabibwe biherereye muri Grupema ya Bashali-Mokoto, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ay’amasoko anavuga ko iyi mirwano yaje gusiga umutwe wa M23 usubije ibyo bitero inyuma byari byagabwe n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ndetse kandi unirukana iri huriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa mu nkengero z’utwo duce.

Muri urwo rugamba rwabaye kuri uyu wa Gatatu, rwumvikanyemo imbunda ziremereye n’izito, nk’uko amasoko yacu akomeza abivuga.

Imirwano yatangiye igihe z’igitondo igeza ku mugoroba wajoro.

Hagati aho urwo rugamba rwabaye mu gihe hari hashize iminsi itandatu ya gahenge kasabwe na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Amerika mugusaba aka gahenge yavuze ko kazamara iminsi icumi nine, kandi ko kasabwe mu rwego rwo kugira ngo haboneke ibikorwa by’ubutabazi ku baturage bakuwe mubyabo, ndetse no kubandi bashaka gusubira mu Mihana yabo.

            MCN.
Tags: BibweIhuriro ry'ingabo za Guverinoma ya KinshasaIntambaraM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Israel cyagaragaje agace kagiye guhinduka isibaniro ry’intambara.

Igisirikare cya Israel cyagaragaje agace kagiye guhinduka isibaniro ry'intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?