Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umurwa mukuru w’u Rwanda washizwe mu mijyi ya mbere ikunzwe muri Afrika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 11, 2024
in World News
0
Umurwa mukuru w’u Rwanda washizwe mu mijyi ya mbere ikunzwe muri Afrika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umurwa mukuru w’u Rwanda washizwe mu mijyi ya mbere ikunzwe muri Afrika.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni umujyi wa Kigali washizwe ku mwanya wa 5 mu mijyi 10 yashizwe ku rutonde rw’imijyi ikunzwe cyane muri Afrika no mu Burasirazuba bwo hagati.

Mu kuwushiramo bavuga ko ari wo mujyi usukuye cyane muri Afrika. Kandi bavuga ko uhuza abantu, ukungahaye ku biribwa n’ibinyobwa biryoshye, ufite umutekano kandi w’ingirakamaro cyane by’u mwihariko kubawugenderera.

Uyu mwaka, umujyi wa Kigali wazamutse ushyirwa ku mwanya wa Gatanu mu mijyi ikunzwe muri Afrika no mu Burasirazuba bwo hagati. Ni mu matora yakozwe n’urubuga rwa Travel Leisure.

Buri mwaka, mbere y’uko hatangwa ibihembo bya ‘world’s best awards’ hakorwa ubushakashatsi, abasomyi buru rubuga rwa Travel Leisure basabwa gusangiza inararibonye yabo ku ngendo bakoze hirya no hino ku isi, bagatanga ibitekerezo kuri Hotel za mbere, resitora, imijyi, ibirwa, amato atwara abagenzi, indege n’ibindi.

Kuri ubu rero abasomyi barenga 186.000 ba Travel Leisure barangije ubushakashatsi bwa 2024. Mu byagendeweho hatorwa imijyi ikunzwe harimo ibimenyetso nyaburanga, umuco, ibiribwa, imibanire y’abantu, imihahire, ndetse n’agaciro.

Umujyi wa Marrakesh wo mu gihugu cya Marocco, ni wo waje ku mwanya wa mbere mu mijyi ya basomyi batoye, ukaba uzwi cyene mu kugira ibice byinshi by’ubukerarugendo.

Uyu mujyi uherereye muri Marocco, urakundwa cyane kubera ufite ibice bimwe na bimwe bigaragaza umuco gakondo w’iki gihugu ndetse ukagira n’ibindi bice bigaragaza iterambere ry’iki gihugu.

Kigali iza ku mwanya wa Gatanu, abayitoye bayisobanuye nk’u mujyi ufite isuku itangaje, utekanye, uteye imbere kandi ufitiye akamaro kanini abawutuyemo.

Umujyi wa Kigali waje ku mwanya wa Gatanu mu mijyi ikunzwe muri Afrika.

Mu matora yakozwe na ruriya rubuga, bakurikiranyije iri ya mijyi yo muri Afrika no mu Burasirazuba bwo hagati, gutya:

  1. Marrakesh (Marocco): 89.172
  2. Cape Town (Afrika y’Epfo): 88:87
  3. Jerusalem (Israel): 87.25
  4. Dubai(United Arab Emirates): 86:14
  5. Kigali (Rwanda): 85:93
  6. Fez(Morocco): 84.37
  7. Essaouira(Marocco): 83:97
  8. Tel Aviv(Israel): 82.46
  9. Luxor(Egypt): 82.04
  10. Cairo(Egypt): 81.40. MCN.
Tags: KigaliYaje ku mwanya wa Gatanu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Lamuka ya Martin Fayulu yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa gucana umubano na Uganda.

Lamuka ya Martin Fayulu yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa gucana umubano na Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?