• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku gitero gikomeye Donald Trump wahoze ari perezida w’Amerika yagabweho, kuri uyu wa Gatandatu.

minebwenews by minebwenews
July 14, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku gitero gikomeye Donald Trump wahoze ari perezida w’Amerika yagabweho, kuri uyu wa Gatandatu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Donald Trump wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yarashwe arakomereka.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni Donald Trump wakomeretse ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13/07/2024.

Amakuru dukesha Washington Post avuga ko “Donald yarasiwe mu gace ka Butler, muri Pa, nko mu birometero 30 uvuye mu majyaruguru ya Pittsburgh. Aho yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza ku mwanya w’u mukuru w’i gihugu.”

Iki gitangaza makuru cyanavuze ko bwana Trump wahoze ari perezida w’Amerika ko “yarashwe ku gutwi kw’iburyo arakomereka bidakabije.”

Kandi ko nyuma y’uko yari amaze gukomereka yahise ajanwa hanze ya sitade yarimo yiyamamarizamo, ibyo byabaye rugikubita.

Ariko abagera kuri babiri bo bahasize ubuzima bazize iraswa rya masasu yarimo araswa ubwo Trump yarimo yiyamamaza.

Ibi byamaganwe n’abenshi ku mbuga nkoranya mbaga, barimo uwitwa Gabriel Giffords yigezeho kuba umudepite muri Arizona, akoresheje urubuga rwe rwa X, yagize ati: “Ihohoterwa rya politiki riteye ubwoba. Ndihanganisha uwahoze ari perezida, Trump, n’abagize ingaruka bose ku bikorwa by’urugomo. Mu menye kw’ibi bitemewe muri iki gihugu. Turabyamaganye.”

Naho uwitwa Johnson yanditse agira ati: “Iki gikorwa giteye ubwoba cy’ihohoterwa rya politiki mu gikorwa cyo kwiyamamaza kwa Trump. Iki gikorwa kigayitse nta mwanya gifite muri Amerika kandi kigomba kwa maganwa.”

Ntabyinshi biratangazwa kuri iki gitero, gusa amakuru avuga ko mubagabye icyo gitero babiri muribo bahasize ubuzima.

            MCN.
Tags: GikomeyeTrumpYagabweho igitero
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Kinshasa, yabishize hanze itunga agatoki ubutegetsi bwa Uganda gutera inkunga umutwe wa M23.

Kinshasa, yabishize hanze itunga agatoki ubutegetsi bwa Uganda gutera inkunga umutwe wa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?