• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kinshasa, yabishize hanze itunga agatoki ubutegetsi bwa Uganda gutera inkunga umutwe wa M23.

minebwenews by minebwenews
July 14, 2024
in Regional Politics
0
Kinshasa, yabishize hanze itunga agatoki ubutegetsi bwa Uganda gutera inkunga umutwe wa M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kinshasa, yabishize hanze itunga agatoki ubutegetsi bwa Uganda gutera inkunga umutwe wa M23.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashinje igihugu cya Uganda kwifashisha agahenge gaheruka gutangazwa n’Amerika, mu kongera ubufasha ku mutwe wa M23.

Byatangajwe na minisitiri w’ingabo za Kinshasa, Guy Kabombo Mwadiavita, ni mu gihe yagezaga ijambo ku nama y’abaminisitiri ku wa Gatanu w’iki Cyumweru.

Muri iryo jambo yashikirije abamwumvaga, yavuze ko igihugu cya Uganda kirimo kwifashisha aka gahenge mu guhatira urubyiruko rwo muri teritware ya Lubero kwinjira mu gisirikare cyacyo, ndetse no kongera umubare w’ingabo ngo ni bikoresho ibifashijwe n’u Rwanda.

Yagize ati: “Kwinjiza ku gahato urubyiruko muri za teritware za Lubero na Rutshuru muri M23 bikozwe n’abarwanyi bayo bafatanyije n’Ingabo z’u Rwanda ndetse no kongera ibikoresho n’ingabo zituruka mu Rwanda no muri Uganda mu gihe cyagahenge, biteje impungenge zikomeye.”

Uganda imaze iminsi ishinjwa gufasha M23 biciye muri raporo y’impuguke za LONI.

Uganda icyakora ihakana ibirego by’izi mpuguke ndetse n’ibya leta ya Kinshasa.

Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig Gen Félix Kulayigye, aheruka gutangaza ko ‘raporo y’impuguke za Loni irabogamye . Ntishingiye ku bushakatsi . Yifitemo guhengama.”

Yanavuze kandi ko iriya raporo ntabwenge buyirimo bwogushaka inkuru ku ruhande rwacu, yewe nta ntanubutabera karemano.”

Mu kurangiza yagaragaje ko mu mwaka w’ 2023 UPDF yohereje ingabo zayo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu rwego rw’umutwe w’ingabo za karere ka Afrika y’iburasizuba, bityo ko itahindukiye ngo ifashe abarwana.

Ibyo bibaye mu gihe mu Cyumweru gishize, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zitangaje agahenge ku mpande zihanganye, kandi ivuga ko kazamara iminsi icumi nine.

      MCN.
Tags: Gushigikira M23Itunga agatoki ubutegetsi bwa UgandaKinshasaYabishize hanze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yumvikanye avuga amagambo yuje ubwenge bukaze.

Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yumvikanye avuga amagambo yuje ubwenge bukaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?