• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Burundi ibiciro by’amakara biri kuvuza ubuhaha, ibyatumye abaturage bari kurira ayo kwarika.

minebwenews by minebwenews
August 6, 2024
in Regional Politics
0
I Burundi ibiciro by’amakara biri kuvuza ubuhaha, ibyatumye abaturage bari kurira ayo kwarika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Burundi ibiciro by’amakara biri kuvuza ubuhaha, ibyatumye abaturage bari kurira ayo kwarika.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibiciro by’amakara byazamuwe ku rwego rutigeze rubaho n’ikindi gihe i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi nk’uko abaturage bakomeje kubiganiriza ibitangaza makuru byo muri icyo gihugu.

Bamwe muri aba baturage baturiye i Bujumbura ya Mairie, babwiye i radio ya Bonesha FM ko ibiciro by’amakara byazamutse kandi ko byagiye kurugero ruhanitse cyane.

Nk’uko babivuga umufuka umwe w’amakara wahoraga ugura amafaranga ibihumbi 35 by’Amarundi, kur’ubu uri guca umugabo umwe ugasiga undi, kuko uri kugura ibihumbi 75 mu gihe uwahoraga ku bihumbi 65 nawo ubu uragura hagati y’ibihumbi 120 n’ibihumbi 150.

Abacuruzi b’ay’amakara bo basobanuye ko ibi biciro byazamuwe ku mpamvu z’ubukene buri guca ibintu muri iki gihugu, kandi ko ubwo bukene ahanini buva ku kuba iki gihugu cyarabuze igitoro (lisansi).

Munsobanuro batanga ngo n’uko abazana ay’amakara nabo bibahenda bikabasaba gutanga byinshi kugira ngo bayageze i Bujumbura, bityo bituma nabo bayahendesha cyane.

Mu gihe abaguzi nabo bakomeje kwivovota aho bavuga ko biri kubagiraho ingaruka zo kwikokora utwabo kugira ngo bagure amakara.

Abandi muri aba baturage baturiye i Bujumbura bavuga ko bahoraga bacana amakara y’igihumbi kimwe ku munsi, ariko kubu bibasaba gukoresha ay’ibihumbi bitatu ndetse birenga.

Ibi kandi byatumye Abanyagihugu batangira kunenga leta ya perezida Evariste Ndayishimiye aho bamusaba gutorera iki kibazo umuti kandi ko yahita abikora mu maguru mashya.

Ni mu gihe aha mu Burundi hagiye humvikana abantu binubira ubu butegetsi bwa CNDD FDD, bavuga ko aribwo butegetsi bwazanye ibyago muri iki gihugu ndetse ko nta n’ubundi butegetsi bwigeze bukora nk’ibyo iy’ingoma yakoze.

Mu byo bavuga harimo ko iki gihugu kigize imyaka irenga ibiri nta gitoro, kandi ko kirimo inzara, ubushomeri n’ibindi.

Abenshi basaba Evariste Ndayishimiye kwegura kugira ngo Abarundi bishakire umuntu uzabasha gukiza iki gihugu.

                MCN.
Tags: Abaturage bari kurira ayo kwarikaBiri kuvuza ubuhahaBujumburaIbiciro by'amakara
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Apostle Paul Gitwaza yavuze ku kaga yigeze guhura nako, anahishura ibyo Imana ivuga kuri Afrika.

Apostle Paul Gitwaza yavuze ku kaga yigeze guhura nako, anahishura ibyo Imana ivuga kuri Afrika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?