• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, July 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Apostle Paul Gitwaza yavuze ku kaga yigeze guhura nako, anahishura ibyo Imana ivuga kuri Afrika.

minebwenews by minebwenews
August 6, 2024
in Religion
0
Apostle Paul Gitwaza yavuze ku kaga yigeze guhura nako, anahishura ibyo Imana ivuga kuri Afrika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Apostle Paul Gitwaza yavuze ku kaga yigeze guhura nako, anahishura ibyo Imana ivuga kuri Afrika.

You might also like

Bishop Harrison Ng’ang’a Highlights “A Powerful Weapon” That Can Change the Course of History, Prays for Minembwe and Pledges Support for the Banyamulenge Community

Bishop Harrison Ng’ang’a Yagaragaje “Intwaro Ikomeye” Ishobora Guhindura Amateka y’Intambara, Asengera Minembwe kandi Yiyemeza Gushyigikira Abanyamulenge

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

Ni amakuru yavuze ku rugendo rushyaririye ya nyuzemo mu myaka 25 ishize atangije itorero rya Zion Temple Celebration Centre.

Uyu mushumba mukuru w’umuryango Authentic Word ministries ukomokaho amatorero ya Zion Temple Celebration Centre ku Isi, Apostle Paul Gitwaza, yagaragaje ko ahazaza ha Afrika ari heza ndetse ko iterambere rya ho riri mu biganza by’Imana.

Ibi akaba yabitangaje ubwo kuri iki Cyumweru tariki ya 04/08/2024, yatangizaga igiterane ‘Afrika Haguruka,’ aho gikozwe ku nshuro ya 25 ari nako iri torero ryizihiza imyaka 25 rimaze rishinzwe.

Iki giterane cyaberaga ku musozi wa Giheka, mu kagari ka Kagugu, umurenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo.

Ni igiterane cyabanjirijwe n’ibirori biri mu ndirimbo zo guhimbaza Imana za Asaph Music international, imbyino gakondo z’Abanyarwanda ndetse n’ingoma zo mu Burundi zikunze gususurutsa abatari bake.

Kikaba kandi cyaritabiriwe n’abakristu b’iri torero n’abandi bo mu yandi matorero ndetse n’abashumba baturuka hirya no hino ku Isi.

Muri iki giterane Dr Apostle Paul Gitwaza yavuze ko urugendo rw’imyaka 25 rwari rushaririye kandi ko rutari rworoshye ariko ko Imana yo mu ijuru ya murwaniriye ndetse kandi ikaba ari yo kwizerwa iteka ryose.

Ati: “Mu myaka 25 ishize dufite ibintu byinshi twanyuzemo, byatumye duhamya ko Uwiteka akomeye kandi ari uwo gushimwa cyane. Gukomera kwe ntabwo kurondoreka kandi tuzavuga ibyo yakoreye muri Zion Temple.”

Yakomeje agira ati: “Imana yatubereye iyo kwizerwa ibihe byose.”

Yaboneyeho kubwira Abanyarwanda ko Imana yamutumye mu Rwanda kuvuga ubutumwa avuye muri Kenya, afite imyaka 24.

Avuga ko icyo gihe ngo nta muntu yari azi ndetse cyari igihe kigoye kuko u Rwanda rwari rumaze igihe ruvuye mu mateka mabi ya genocide yakorewe Abatutsi gusa akurikira ijwi rimubwira ngo ajye mu Rwanda.

Yanavuze kandi ko muri uru rugendo rw’imyaka 25 ashinze ZT yahuye n’ibica ntege byinshi.

Ati: “Twarasebejwe cyane, byumwihariko njye naratutswe, naciwe intege, naragambaniwe, n’ibindi byinshi ariko mwaransengeye, mwaranshigikiye n’umuryango wanjye, mubera maso uyu murimo, dukomeza iyi ntumbero dufite uyu munsi tudacogora.”

Dr Paul Gitwaza yashimiye abo batangiranye umurimo n’abandi baje nyuma bagafatanya kubaka itorero.

Ati: “Mu kaga gakomeye twanyuzemo, mwakomeje kutubera maso muri uyu murimo. Hari n’abandi baje nyuma y’iyi myaka ngo dufatanye . Yewe hari n’abavutse nyuma ndabashimiye.

Yavuze no kuhazaza ha Afrika.

Ati: “Twamenye ko Imana ifite umugambi abahungu n’abakobwa ba Afrika batuye kuri uyu mugabane. Abanyafrika baba muri diaspora, n’abajyanywe mu mahanga. Afrika Haguruka yabaye umwanya wo kwibutsa Abanyafrika ko ubukene bwa karande atari Isezerano kandi ko gutera imbere kwacu kutazava mu mahanga. Gutera imbere kwa Afrika kuzava ku Mana kuko turi abana bayo.”

Iri torero rya Zion Temple Celebration Centre ryatangiye tariki ya 11/08/1999, ritangijwe na Apostle Paul Gitwaza.

Ni mu gihe nyuma y’umwaka umwe, mu 2000 aribwo hatangiye igiterane Africa Haguruka cyatangiye, nyuma y’ikindi cyabaga kigamije komora ibikomere no kunga Abanyarwanda kitwa “Heal our Nation.”

      MCN.
Tags: Apostle Paul GitwazaRushyaririyeUrugendo rw'imyaka 25Zion Temple
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bishop Harrison Ng’ang’a Highlights “A Powerful Weapon” That Can Change the Course of History, Prays for Minembwe and Pledges Support for the Banyamulenge Community

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Bishop Harrison Ng’ang’a Yagaragaje “Intwaro Ikomeye” Ishobora Guhindura Amateka y’Intambara, Asengera Minembwe kandi Yiyemeza Gushyigikira Abanyamulenge

Bishop Harrison Ng'ang'a Highlights “A Powerful Weapon” That Can Change the Course of History, Prays for Minembwe and Pledges Support for the Banyamulenge Community MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

Bishop Harrison Ng’ang’a Yagaragaje “Intwaro Ikomeye” Ishobora Guhindura Amateka y’Intambara, Asengera Minembwe kandi Yiyemeza Gushyigikira Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Abanyamulenge Bahuriye i Nairobi mu Gikorwa Cy’Amateka cyo Gufasha Abahuye n’Intambara: Hatanzwe Imisanzu Minini irimo Ibihumbi by’Amadolari

Bishop Harrison Ng'ang'a Yagaragaje “Intwaro Ikomeye” Ishobora Guhindura Amateka y’Intambara, Asengera Minembwe kandi Yiyemeza Gushyigikira Abanyamulenge MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa gikomeye cy’ubwitange cyabereye ku Cyumweru muri...

Read moreDetails

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

by Bahanda Bruce
July 23, 2026
0
“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana” MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umushumba Mukuru w’Itorero Zion...

Read moreDetails

Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye

Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Abantu umunani (8) bapfuye, mu gihe abandi icyenda...

Read moreDetails

Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw’Ihumure n’Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi

by Bahanda Bruce
July 19, 2026
0
Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw’Ihumure n’Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi

Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw'Ihumure n'Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Kuri iki Cyumweru, mu gace ka Minembwe...

Read moreDetails
Next Post
Umusore wakoze ubukwe nta mugeni havuzwe uko byagenze kugira ngo abukore.

Umusore wakoze ubukwe nta mugeni havuzwe uko byagenze kugira ngo abukore.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?