• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Corneille Nangaa ukuriye AFC yagize icyavuga ku gihano cy’urupfu yakatiwe na leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
August 9, 2024
in Regional Politics
0
Corneille Nangaa ukuriye AFC yagize icyavuga ku gihano cy’urupfu yakatiwe na leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Corneille Nangaa ukuriye AFC yagize icyavuga ku gihano cy’urupfu yakatiwe na leta ya Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya AFC ribarizwamo na M23, yavuze ko igihano cy’urupfu yakatiwe na leta ya Kinshasa we n’abagenzi be ko ari kimenyetso cy’uko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bugeze ku iherezo.

Tariki ya 08/08/2024 ni bwo urukiko rwa gisirikare rw’i Kinshasa rwakatiye Nangaa na bagenzi be igihano cy’urupfu nyuma y’uko urwo rukiko rwari rwabahamije ibyaha birimo ibyo mu ntambara, kujya mu mutwe ugamije kurwanya ubutegetsi ndetse kandi bashinjwa ubugambanyi.

Kuri iki gihano cy’urupfu abagikatiwe barimo kandi na Maj Gen Sultan Makenga ukuriye ingabo za M23 , Brig Gen Byamungu, Lt Col Willy Ngoma, Col Vianney Kazarama, Berterand Bisimwa, Lawrence Kanyuka n’abandi.

Bwana Corneille Nangaa abinyujije kurukuta rwa X, yavuze ko biriya bihano, leta ya Kinshasa yabibahaye kubera ubwoba ifite kandi ko iyi leta iri kugana ku iherezo.

Yagize ati: “Iyo ubutegetsi bwagize ubwoba, buterwa no kuba bubona ko kugwa kwabwo kwegereje. Kandi kugwa kwabwo ni iyi nkinamico y’imanza zikurikirwa n’ibi bihano birimo gukabya. Ni ibigaragaraza ubwoba bw’ubutegetsi bubi kandi bubona ko iherezo ryabwo ryegereje.”

Nangaa yavuze ko igihano cy’urupfu we na bagenzi be bahawe kireba kandi kikaba kiraje inshinga abagifashe, mbere yo kubateguza ko nyuma y’uko RDC izaba yamaze kubohorwa bazisanga basaba AFC imbabazi zo kuba barahamije amategeko atemewe bagamije gushimisha umunyagitugu w’umutekamutwe, w’umurwanyi ndetse n’umubeshyi ruharwa.”

Yunzemo ko biriya bihano byerekana ko AFC iri gukoza imitwe y’intoki ku ntsinzi, ashimangira ko iri huriro rigomba kugeza igihe muri RDC hazabera impinduramatwara ikurikije itegoko nshinga.

             MCN.
Tags: KinshasaKu gihano cy'urupfu yakatiweNangaa CorneilleYagize icyavuga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Kinshasa yavuze ibyo igiye gukorera perezida w’u Rwanda Paul Kagame.

Leta ya Kinshasa yavuze ibyo igiye gukorera perezida w'u Rwanda Paul Kagame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?