Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umuririmbyi Theogene w’Umunyarwanda yataramiye i Nakivale mu Gihugu cy’a Uganda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 10, 2024
in Religion
0
Umuririmbyi Theogene w’Umunyarwanda yataramiye i Nakivale mu Gihugu cy’a Uganda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuririmbyi Theogene w’Umunyarwanda yataramiye i Nakivale mu Gihugu cy’a Uganda.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni mu giterane kidasanzwe cyahuje amatorero atandukanye yo muri Nakivale cyatangiye kuri uyu wa Gatandatu aho biteganijwe ko kizasoza ku Cyumweru tariki ya 11/08/2024.

Amwe mu matorero y’itabiriye iki giterane harimo ahuriye muri Fellowship ya Yesu Nurutare, Ebenezer n’andi asanzwe akorera muri aka gace ka Nakivale ho mu majyepfo ashira uburenganzuba bwa Uganda.

Iki giterane kandi cyatumiwemo n’amakorali harimo ni y’itorero rya New Jerusalem ryo kwa Reverend Joseph Mwumvirwa. Icicaro cy’iki giterane cyabereye neza ku kibuga cy’u mupira w’amaguru giherereye ahitwa New Congo.

Umuririmbyi Theogene uri mubakomeye batumiwe muri iki giterane akihagera yahise yakiranwa amashi menshi n’impundu nyinshi z’ibyishimo aho kw’ikubitiro yahise atambuka imbere maze aririmba indirimbo ye ikundwa cyane ivuga iti: “Abashaka ubwiza n’icyubahiro babishakishe neza badacogora.”

Harinaho iyo ndirimbo ivuga kandi iti: “Nta muntu bitabera nta n’uwo bitakwira usibye ko bitinda kuza.”

Usibye kuririmba, binateganijwe kandi ko muri iki giterane kivugirwamo ijambo ry’Imana, ndetse kandi ku munsi w’ejo ku Cyumweru, umunsi wo kugisoza hazaba itombora aho burumwe uri ku cyitabira azahabwa itike izabasha kumuha kugera kuri iryo tombora, nk’uko abayobozi ba motorero bagiye babitangaza mu matangazo ubwo bagiteguraga.

Nk’uko bivugwa ibizatomborwa, harimo amagare, televisiyo, telefone n’ibindi.

Tubibutsa ko iki giterane giterwa inkunga n’abantu batandukanye harimo n’Abanyamerika.

              MCN.
Tags: IgiteraneNakivale
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Maï Maï yagabye igitero muri Bibogobogo, Twirwaneho ya yikubise ahababaza kuri uyu wa Gatandatu.

Maï Maï yagabye igitero muri Bibogobogo, Twirwaneho ya yikubise ahababaza kuri uyu wa Gatandatu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?