• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 8, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Maï Maï yagabye igitero muri Bibogobogo, Twirwaneho ya yikubise ahababaza kuri uyu wa Gatandatu.

minebwenews by minebwenews
August 10, 2024
in World News
0
Maï Maï yagabye igitero muri Bibogobogo, Twirwaneho ya yikubise ahababaza kuri uyu wa Gatandatu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Maï Maï yagabye igitero muri Bibogobogo, Twirwaneho ya yikubise ahababaza kuri uyu wa Gatandatu.

You might also like

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali

Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka

Igihe c’isaha z’u mugoroba wa joro wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10/08/2024, nibwo abarwanyi bo mu mutwe wa Maï Maï bagabye igitero mu Bibogobogo birangira aba barwanyi bakubiswe inshuro, nyuma y’uko Twirwaneho yabitanze imbere iranabirukana.

Amakuru ava muri ibyo bice, avuga ko iki gitero cya Maï Maï, yakigabye iturutse mu bice bya Kagugu muri Secteur ya Mutambala, teritware ya Fizi, ikigaba ahitwa Matunda ahari ibiraro by’inka z’Abanyamulenge.

Nyuma y’uko aba barwanyi bari bamaze kugaba iki gitero, byavuzwe ko Twirwaneho yatabaye abungeri b’inka z’Abanyamulenge, maze karahava barwanirira ibyabo, aho bahise bashinga imbunda zabo ahitwa Kavumu mu gihe Maï Maï nayo yarimo irasa ihagaze ku musozi wa Mutunda.

Aya makuru akomeza avuga ko Twirwaneho yarashe Maï Maï mu buryo buziguye kandi ko batigeze babebera.

Aho ndetse muri iyo mirwano yaje kugwamo abarwanyi ba Maï Maï bane, barimo n’umukomanda wabo, ndetse n’abandi benshi muri aba barwanyi ba Maï Maï barakomereka.

Ku ruhande rwa Twirwaneho, MNC yabwiwe ko kugeza ubu bakiri amahoro kandi ko nta n’Inka yigeze inyagwa muzo Maï Maï yariyerekejemo kugira ngo izi nyange.

Umwe wo ku ruhande rw’Ababembe yanditse akoresheje urubuga rwa Facebook avuga ko Maï Maï yagabye igitero mu Bibogobogo, anavuga ko icyo gitero ko cyari kigamije kwiba Inka zabo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Ziriya nyandiko z’uyu wo ku ruhande rw’Ababembe, zivuga kandi ko muri aba bagabye igitero kigamije kw’iba Inka z’Abanyamulenge, abagera kuri batatu muribo, bahasize ubuzima kandi ko Twirwaneho yabashe gusubiza icyo gitero inyuma.

Iyi mirwano ibaye mu gihe muri Bibogobogo hari hagize igihe uruhande rw’Abanyamulenge n’andi moko bashakisha uko amoko aturiye aka karere y’abana mu mahoro.

Imwe munzira barimo bakoresha kugira ngo bagera ku mahoro arambye, yari ibiganiro, ndetse bikaba byarimo bitegurwa kugira bitangire gukorwa muri iyi minsi, usibye ko no muri iki Cyumweru muntangiriro zacyo hari ikiganiro cyari giteguwe kuba, ariko nticyaba kuko cyari cyimuriwe mu Cyumweru gitaha.

      MCN.
Tags: Maï MaïYakubiswe ahababaza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Uganda’s national carrier, Uganda Airlines, has announced that it will...

Read moreDetails

Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n'Inyungu Zitegerejwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu rwego rwo gukomeza kwagura ibikorwa byayo no kongera amahirwe y'ingendo zo mu...

Read moreDetails

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi  Barakomereka

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka Igitero gikomeye cyagabwe n’u Burusiya kuri Ukraine hakoreshejwe misile za ballistique n’indege...

Read moreDetails

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

by Bahanda Bruce
August 4, 2026
0
Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare Mu gihe Perezida wa Cameroun Paul Biya akomeje kutagaragara...

Read moreDetails

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv Intambara hagati y'u Burusiya na Ukraine ikomeje gufata indi ntera, nyuma y'uko mu gitondo cyo ku wa...

Read moreDetails
Next Post
I Nakivale gahunda uko izaba iteye mu kw’ibuka ku nshuro ya 20, Abanyamulenge baguye mu Gatumba, byashizwe hanze.

I Nakivale gahunda uko izaba iteye mu kw'ibuka ku nshuro ya 20, Abanyamulenge baguye mu Gatumba, byashizwe hanze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?