• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC:Umuryane wari umaze imisi uvugwa mu ishyaka rya UDPS, watumye bamwe bafwaga nka bakomeye birukanwa.

minebwenews by minebwenews
August 12, 2024
in Regional Politics
0
RDC:Umuryane wari umaze imisi uvugwa mu ishyaka rya UDPS, watumye bamwe bafwaga nka bakomeye birukanwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC:Umuryane wari umaze imisi uvugwa mu ishyaka rya UDPS watumye bamwe bafwaga nka bakomeye birukanwa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni Augustin Kabuya wari usanzwe ari umunyamabanga mukuru w’iri shyaka riri ku butegetsi wirukanwe kuri uyu mwanya, nyuma y’inama yahuje abari muri iri shyaka yateranye ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 11/08/2024.

Ibi byagaragajwe n’ibaruwa ubuyobozi bw’iri shyaka bwashize hanze aho ivuga ko Augustin Kabuya yirukanwe ku mwanya yari ashinzwe muri iri shyaka rya UDPS.

Iyi baruwa igira iti: “Bwana Augustin Kabuya Tshilumba yakuwe ku mirimo ye yo kuba umunyamabanga mukuru wa Union pour la democratie et progress social (UDPS). Arakomeza kuba umunyamuryango wuzuye w’ishyaka kandi akora, nta gushidikanya, manda ye yo kuba umudepite w’igihugu irakomeza.”

Iri shyaka rya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo rivuga ko uyu mwanzuro rya wufashye nyuma y’uko ryabanje kugenzura ibyavuye muri raporo y’abunzi, igizwe n’abadepite b’igihugu ba UDPS, na komisiyo ishinzwe imyitwarire ku kibazo kimaze iminsi cyarahungabanyije iri shyaka.

Mu mishyamirano yabaye muri iri shyaka yari ishingiye kukuba hari bamwe baryo bashakaga Kabuya kwarivamo, hakaba abandi bashakaga ko ari gumamo kandi ko agumana uyu mwanya wo kuba umunyamabanga mukuru w’iri shyaka.

Ibi rero byageze aho bibyara impaka, karahava barakubitana ibiti n’ingumi. Ibyo bikaba byarabaye ubushize muri Kinshasa ubwo perezida Félix Tshisekedi yari i Bruxelles mu Bubiligi aho yari yagiye kwivuza.

Amakuru avuga ko uwitwa Deogracias Bizuru Balola niwe washinzwe kuba umunyamabanga mukuru w’agateganyo wa UDPS.

    MCN.
Tags: birukanweKabuyaUDPSUmuryane
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba FARDC na Wazalendo bafatiwe mu mukwabo wabaye i Goma.

Abasirikare ba FARDC na Wazalendo bafatiwe mu mukwabo wabaye i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?