• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Apostle Paul Gitwaza yahishyuye uko yasimbutse urupfu.

minebwenews by minebwenews
August 13, 2024
in Regional Politics
0
Apostle Paul Gitwaza yahishyuye uko yasimbutse urupfu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Apostle Paul Gitwaza yahishyuye uko yasimbutse urupfu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nibyo umushumba mukuru w’itorero rya Zion Temple Celebration Centre yagarutseho ubwo hasozwaga igiterane kizwi nka Africa Haguruka ku itariki ya 11/08/2024.

Iki giterane kibaye ku nshuro ya 25, cyatangiye ku ya 04 gisozwa ku ya 11/08/2024, kikaba cyarimo kibera ku musozi wa Hermon, uri mu mudugudu wa Giheka, akagari ka Kagugu, mu murenge wa Kinyinya, mu karere ka Gasabo.

Mu ijambo ry’umushumba wa Zion Temple Celebration Centre, yabanje gushimira abitabiriye iki giterane ndetse n’abatangizanye iri torero kuva mu 1999 kugeza ubu bakaba batararivamo.

Ubwo yaragikomeje gushima yahise ahishyura ibyo yanyuzemo bikomeye kandi biruhije, ndetse avuga ko hari abigeze ku mwambura ubuzima ariko Imana y’inyamaboko iramurinda.

Yagize ati: “Naramubwiye nti, nguyu umutwe wanjye wurase, ariko aratitira cyane, ata yambunda mu maguru, shoferi aza yiruka, aramufata, shoferi wanjye amaze kumufata ndamubwira ngo hoya. Uwo wari uje kundasa yavuze ko yanshatse igihe kirekire. Kurya shoferi mufashe yahise yiruka aca muri Feu-Rouge yiruka cyane, sinabasha no gufata purake ze, aragenda.”

Yakomeje agira ati: “Nyuma y’iminsi mike, haza umudamu ukiri muto, yari amaze gukizwa, arapfukama, arambwira ngo uriya muntu wari ukwishe nari ihabara rye, ariko maze kumva ijambo ry’Imana ndakizwa, aravuga ngo nzica Gitwaza kuko yagukuye mu buzima bwanjye.”

Gitwaza yanavuze ko atari ubwa mbere yasimbutse urupfu kuko nabwo undi munsi hari uwashatse kuzana imbunda mu rusengero ariko mu nzira aza gukora impanuka.

Dr Paul Gitwaza ashima Imana yo mu juru yakomeje ku murinda.

Ati: “Iyo ndebye imyaka 25, navuganye n’urupfu ndarwirukana.”

Paul Gitwaza yasoje avuga ko Imana ko ari yo kwizerwa kandi ko yagiye ikora ibikomeye byo tuma akomeza kuyishima.

          MCN
Tags: Apostle Paul GitwazaUko yasimbutse urupfuYahishyuye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Nakivale, mu muhango wo kw’ibuka abaguye mu Gatumba, havugiwemo amagambo akomeye.

I Nakivale, mu muhango wo kw'ibuka abaguye mu Gatumba, havugiwemo amagambo akomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?