Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Apostle Paul Gitwaza yahishyuye uko yasimbutse urupfu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 13, 2024
in Regional Politics
0
Apostle Paul Gitwaza yahishyuye uko yasimbutse urupfu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Apostle Paul Gitwaza yahishyuye uko yasimbutse urupfu.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nibyo umushumba mukuru w’itorero rya Zion Temple Celebration Centre yagarutseho ubwo hasozwaga igiterane kizwi nka Africa Haguruka ku itariki ya 11/08/2024.

Iki giterane kibaye ku nshuro ya 25, cyatangiye ku ya 04 gisozwa ku ya 11/08/2024, kikaba cyarimo kibera ku musozi wa Hermon, uri mu mudugudu wa Giheka, akagari ka Kagugu, mu murenge wa Kinyinya, mu karere ka Gasabo.

Mu ijambo ry’umushumba wa Zion Temple Celebration Centre, yabanje gushimira abitabiriye iki giterane ndetse n’abatangizanye iri torero kuva mu 1999 kugeza ubu bakaba batararivamo.

Ubwo yaragikomeje gushima yahise ahishyura ibyo yanyuzemo bikomeye kandi biruhije, ndetse avuga ko hari abigeze ku mwambura ubuzima ariko Imana y’inyamaboko iramurinda.

Yagize ati: “Naramubwiye nti, nguyu umutwe wanjye wurase, ariko aratitira cyane, ata yambunda mu maguru, shoferi aza yiruka, aramufata, shoferi wanjye amaze kumufata ndamubwira ngo hoya. Uwo wari uje kundasa yavuze ko yanshatse igihe kirekire. Kurya shoferi mufashe yahise yiruka aca muri Feu-Rouge yiruka cyane, sinabasha no gufata purake ze, aragenda.”

Yakomeje agira ati: “Nyuma y’iminsi mike, haza umudamu ukiri muto, yari amaze gukizwa, arapfukama, arambwira ngo uriya muntu wari ukwishe nari ihabara rye, ariko maze kumva ijambo ry’Imana ndakizwa, aravuga ngo nzica Gitwaza kuko yagukuye mu buzima bwanjye.”

Gitwaza yanavuze ko atari ubwa mbere yasimbutse urupfu kuko nabwo undi munsi hari uwashatse kuzana imbunda mu rusengero ariko mu nzira aza gukora impanuka.

Dr Paul Gitwaza ashima Imana yo mu juru yakomeje ku murinda.

Ati: “Iyo ndebye imyaka 25, navuganye n’urupfu ndarwirukana.”

Paul Gitwaza yasoje avuga ko Imana ko ari yo kwizerwa kandi ko yagiye ikora ibikomeye byo tuma akomeza kuyishima.

          MCN
Tags: Apostle Paul GitwazaUko yasimbutse urupfuYahishyuye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
I Nakivale, mu muhango wo kw’ibuka abaguye mu Gatumba, havugiwemo amagambo akomeye.

I Nakivale, mu muhango wo kw'ibuka abaguye mu Gatumba, havugiwemo amagambo akomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?